INKURU NDENDE: Wabigenza ute? Agace ka 04
URUSHAKO RUHUBUKO!
4.
Kamaliza ntabwo yiyumvishaga uburyo Marigarita ari kuvuga ko yayikuyemo ntakindi agamije ariko ntabwo ikiganiro cyarangiriye aho kuko Marigarita yakomeje kumubwira inkuru yose adaciye ku ruhande
Kamaliza: ngaho nsobanurira da. Ndumva ibyawe ari agatereranzamba mugani wa babandi
MARIGARITA
Burya ngo agahuru wagenewe koko ntabwo ukarenga.
Ubwo Damaseni yambazaga icyokunywa ampa namusabye ko yabanza akampa amazi nuko ansukira mu kirahure ariko ubwo yamperezaga amazi ngo nyanywe sinzi uko byagenze niba yarabikoze nkana cyangwa se yarabaye impanuka ariko amazi yarancitse maze yose ameneka ku ikanzu nari nambaye
Damaseni: yoo. Ihangane dear. Ubu koko narangaye nte ku buryo amazi akumenekaho
Marigarita: wikirenganya ubanza atari ukurangara ahubwo ari ibyari byashatse kuba nyine. Ubu se iyi kanzu koko iri bwume mwo kagira Imana mwe
Damaseni: simbona se hari akazuba hanze yikuremo tube tuyanitse urajya gutaha yumye niba itaruma neza turayitera ipasi nta kibazo
Uburyo yabivugagamo wabonaga kuyikuramo ari nk’aho ari ibintu byoroshye kandi mwibuke ko bwari ubwa mbere ngeze mu nzu ye noneho ikigeretseho yari umuntu navuga tutaraba inshuti zihambaye ku buryo natinyuka kwiyambura imbere ye
Ariko nanone ku rundi ruhande navuga ko ntayandi mahitamo nari mfite kuko nari nambaye ikanzu ya gapira ku buryo ntari kwizera ko iri bwiyumishe nkiyambaye kandi sinashakaga nanone kuza kunyura ku bantu bibaza icyo naba nabaye
Marigarita: none ko ntawundi Mwenda nagendanye se ubwo ndayikuramo nambare iki
Damaseni: ntabwo wabura icyo uba wambaye hano nawe da. Nubwo wenda nta pantalo mfite yagukwira ariko se ubu nguhaye umupira wanjye ntiwaba uwambaye mu gihe ikanzu itaruma.
Marigarita: ukaba ubona ndi mugufi ku buryo umupira wawe rero waba ikanzu kuri jye? Yego?
Damaseni: oya ntabwo ari ko navuze nawe da. Kwanza reka tureke guharira ku bintu nk’ibyo
Yahise ahaguruka areba aho amanika imyenda nuko akuramo umupira arampereza
Namusabye ko najya guhindurira mu bwiherero anyemerera ko nta kibazo niba mfite isoni zo kwiyamburira imbere ye gusa yongeraho ko niyo nakiyamburira imbere ye ntacyo bitwaye ariko nyine numvaga ntabishaka
Nageze mu bwiherero bwe dore ko ari na bwo nari nkibwinjiramo ntungurwa no kubona hari isuku idasanzwe kandi hahumura ukuntu ku buryo utamenya ko ari mu bwiherero.
Nakuyemo ikanzu nsanga n’ikariso yagezeho amazi na yo yatose ariko yo ntinya kuyikuramo kuko umupira yampaye ngo nambare wari mugufi rwose ni nk’aho wari ukingirije ikibuno gusa ku buryo iyo nibeshya ngakuramo ikariso nari kuba nambaye ubusa buri buri
Namaze guhindura nuko ndasohoka ariko kuko umupira wari mugufi cyane natinye kujya kuyiyanikira ndayimuhereza ajya kuba ari we uyanika hanze maze aragaruka anyicara iruhande
Damaseni: shahu burya… nako reka mbanze ngusabe ikintu kimwe
Marigarita: ntakibazo niba ngifite
Damaseni: banza umpe igisubizo cyanjye ibindi ndabikubwira nyuma. Tutavaho tuganira tukibagirwa icyakugenzaga
Marigarita: igisubizo cyanjye kiroroshye. Mu kuri kuba warankunze nanjye byaranshimishije nubwo wankunze mfite undi narabikubwiye. Gusa ntabwo yafashe irembo cyangwa ngo abe yarankoye, ni inshuti nyine tu. Ibyo nanone sibyo nshaka kukubwira ngo utabifata ukundi ariko humura ntabwo ngiye kugutendeka ku wundi muntu. Nkuko wambwiye ko unkunda nanjye nkwemereye urukundo kandi rumwe ruzira uburyarya pee. Nzagukunda ku manywa ngukunde nijoro, nzagukunda hakonje ngukunde hashyushye nzagukunda pee.
Namubwiraga ayo magambo nkabona ameze neza neza nk’umuntu ushaka kumira maze arangije amfata ku rutugu asa n’umpindukiza ndamureba na we arandeba duhuza amaso. Mu maso ye nabonyemo urukundo rudasanzwe mbonamo ubwuzu bwinshi rwose ku buryo nahise nibagirwa amasoni yose nari mfite ubwo yegerezaga umunwa we uwanjye maze nanjye ndatwarwa ndamusoma
Namusomye ntatekereza ko nikururiye ibibazo ndetse ntabwo niyumvishaga yuko hashobora kuza ibindi naje ntazi ko byabaho
Uko twasomanaga ni ko yaje kumfata ku kibero buhoro, urabyibuka yuko nari nambaye agapira gusa yantije maze uko ankora ku kibero numva ubushagarira buramfashe ariko kuko numvaga icyo ashaka kugeraho nabaye nk’umwiyama maze na we ambera imfura nziza arandeka arongera yigira hirya
Damaseni: none se urafata iki cyo kunywa ko amazi wari ugiye kunywa twayamennye. Harya ntunywa inzoga?
Marigarita: ndayinywa ariko ntabwo nyikunda. Niba nabona soda ba ari yo umpa ntakibazo
Yahise asohoka ambwira ko agiye kuyizana kuri butike dore ko yari aturanye na yo maze arayizana ansukira mu karahure arampereza
Uko nanywaga ni ko nabonaga akomeza kunyitegereza
Damaseni: Cherie urakoze kunyemerera urukundo. Gusa hari ibanga rimwe ntari naramenya ritumye urwo ngukunda rurushaho kwiyongera pee
Marigarita: irihe banga se ubwo ngubwo we?
Damaseni: ndarikubwira nuhaguruka
Narahagurutse kuko nari natwawe n’urukundo nuko mpagarara iruhande rwe. Yahise anyegera buhoro maze ampagarara imbere amfata ikiganza
Damaseni: ibintu ngiye kukwereka ntibigutere ubwoba
Yahise amfata ikiganza akijyana ku ikabutura yari yambaye ankoreshaho. Nahise numva igitsina cye cyamaze gufata umurego ndetse gikomeye. Ariko nimvuga igitsina wumve ngo igitsina nyine pee. Wagirango ni umwumbati yari yashyizemo si gusa kuko nakozeho mpita numva namusaba nkayireba itambaye dore ko naherukaga kubona igitsina cy’umugabo kera
Nikije umutima ndiruhutsa abona ko ahari mfashwe nuko
Damaseni: sinari nzi ko uteye neza bigeze aha, sinari nzi ko watuma umubiri wanjye ubura amahoro. Cherie, ndagukunda urabizi ariko ndumva mbuze amahoro neza neza. Ndakwifuje ku buryo ntabasha kwihangana pee.
Marigarita: basi reka tubyirengagize tuganire ibindi biri buze gushira
Damaseni: ntabwo nabikwizeza ko biri bushire kuko ndumva nashize neza neza. Basi reka twongere dusomane hanyuma bigabanyuke
Gusomana nanjye ndabikunda cyane binandutira imibonano rwose pee. Naremeye turongera turasomana noneho twasomanaga duhagaze
Uko twagasomanye yatangiye kunkorakora ku mabuno, ubundi agakora ku bibero maze nanjye ndushaho gutwarwa maze mukorakora mu mugongo buhoro buhoro nuko akomeza kunsoma ari na ko anyuzamo akambwira utugambo turyoheye amatwi, kugera ubwo yongeye akanyicaza ku buriri tukirimo gusomana
Tugeze ku buriri yakomeje kunsatira buhoro nanjye nkigira inyuma kugera ubwo negamye ku gikuta maze na we anyicara imbere atangira kugenda akorakora ku bibero ari na ko azamura agana ku ikariso aho itereye
Kwa kumenekaho amazi byivanze n’ururenda rwari rwatangiye kuza maze ayikozeho mbona aratunguwe ntiyazuyaza ahita ansaba kuyikuramo maze nanjye wagirango bari banteye imiti nahise nyikuramo ntazuyaje
Namaze kuyikuramo na we yamaze gukuramo ka gakabutura yari yambaye maze nkubise amaso ya ntsitsi ye numva sinakihangana mpita nyisingira ndayifata nyikinishaho buhoro buhoro maze na we abona ko nayikunze ahita ankura kuri cya gikuta ubundi aba arandambitse ku buriri, mu isogonda rimwe nahise numva yayinjijemo
Ntumbaze agakingirizo shwi daaa. Yayigejejemo ibyo gutekereza ngo mubwire ko atakambaye sinanabitekerejeho ahubwo natwawe n’ubwo buryohe
Yansabye kurambura ukuguru kumwe ukundi gushize meze nk’aho ndyamiye urubavu maze apfukama atandukayije amaguru kuri kwa kundi kurambuye ubundi ayisesekamo neza neza maze numva ubunyunyusi bwinshi wo gacwa we
Yabikoraga anganiriza akanyuzamo agakorakora mu mabere nanjye nkanyuzamo nkanyonga uko nshoboye kuko nari narigeze kubikoraho sinari isugi birumvikana.
Ntabwo yatinze kuko iminota myinshi yabaye itanu ubundi numva amasohoro ashyushye amenetsemo, ahita amvaho ajya mu bwogero azana agatambaro arampanagura na we arihanagura, nuko tuba turyamye dupfumbatanye nabuze amagambo navuga kuko nari ndyohewe mu buryo ntasobanura ku bintu nari namusuye ntateganyaga. Gusa uwo munsi wabaye itangiriro ry’ibihe byiza ndetse n’ibihe bibi
Ibyiza ni ibihe, ibibi se byo ni ibihe? Agace ka 5 ntuzagacikwe