Muraho murakoma Victoire Ingabire, amashyo Rusesabagina…Inama ya Oslo ibasigiye iki?
Buri mwaka, Oslo Freedom Forum yigaragaza nk’imwe mu nama zikomeye ku isi zihuriza hamwe abantu biyita abaharanira “demokarasi, uburenganzira bwa...
Read MoreSi ngombwa ko u Bufaransa na EU bafata uruhande rwa Amerika kuri RDC – Me Gasominar
Inzobere mu bibazo bya Congo akaba n’umusesenguzi, Me Gasominari Jean Baptiste, avuga ko Amerika yagaragaje ko iri ku ruhande rwa Repubulika...
Read MoreAbafite ubushobozi bwo kutugirira nabi ntibazabaho igihe kirekire: Perezida Kagame akomoza ku bihano bya Amerika
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rutazacika intege kubera ibihano n’igitutu mpuzamahanga, ashimangira ko abafite ubushobozi bwo kugirira...
Read MoreBuri wese ashatse gushyira u Rwanda mu kato nk’uko Amerika yabikoze, ntacyo twageraho – Emmanuel Macron
Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yanenze umurongo Leta Zunze Ubumwe za Amerika yafashe wo gufatira u Rwanda ibihano kubera ibirego bishingiye ku...
Read MorePerezida Kagame yitabiriye umusangiro wateguwe na Perezida Ruto
Perezida Paul Kagame yifatanyije n’abandi Bakuru b’Ibihugu mu musangiro wateguwe na Perezida wa Kenya William Ruto na madamu we bagamije guha...
Read MoreNduhungirehe yongeye kugaragaza uburyarya no kwiyererutsa bya MONUSCO
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yanenze ukwiyererutsa k’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika...
Read MorePerezida Kagame yasubije abigeze kubeshya ko arembye
Perezida Paul Kagame yavuze ko igihe kinini yamaze atagaragara mu ruhame, abantu bagatangira kugira impungenge ku buzima bwe, byatewe n’uko...
Read MoreUrubanza u Rwanda rwarezemo u Bwonnngereza ku masezerano y’abimukira rwatangiye: Amafaranga, amategeko n’icyerekezo cy’umubano w’ibihugu byombi
Urubanza u Rwanda rwarezemo u Bwongereza ku masezerano ajyanye no kohereza abimukira mu Rwanda rwatangiye kuburanishwa, ni urubanza rwateje...
Read MoreNta gushidikanya u Rwanda ruzavana ingabo zarwo muri Mozambique– Amb. Olivier Nduhungirehe asubiza Reuters yavugaga ko u Rwanda rushobora gukura ingabo zarwo muri Mozambique
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ishobora gukura ingabo zayo mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, aho zifasha mu guhangana n’imitwe...
Read MoreIcyemezo cy’u Rwanda cyo kwivana mu Muryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika yo Hagati cyazamuye umwuka mubi wa Diplomacy
Umubano wa dipolomasi hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ukomeje kujya mu kangaratete, nyuma y’icyemezo...
Read More