U Burusiya bugiye gusenya umurwa mukuru wa Ukraine
U Burusiya bwatangaje ko bugiye kugaba ibitero bukomeje kwita “ibitero byateguwe kandi bikurikirana” ku bikorwa bya gisirikare n’inganda zikora...
Read MoreAbapolisi bigize abagore bajya guta muri yombi umucuruzi w’ibiyobyabwenge
Abapolisi bo muri Thailand bakoze igikorwa kidasanzwe cyakuruye amarangamutima ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kwiyoberanya nk’ababyinnyi b’abagore...
Read MorePerezida Putin yasuye u Bushinwa nyuma y’iminsi Trump avuyeyo
Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yahuriye mu nama i Beijing na Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, nyuma y’iminsi Perezida Donald Trump wa Leta...
Read MoreEU yiyemeje kubaka Igisirikare cya Mozambique aho kongera amasezerano n’u Rwanda
Umuryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi (EU) wasabye kongerera ubushobozi Igisirikare cya Mozambique (FADM) mu kurwanya iterabwoba muri Cabo...
Read MoreI Bruxelles habereye imyigaragambyo yo kwamagana ubutegetsi bwa Tshisekedi
Abanye-Congo baba mu mahanga, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Gicurasi bakoreye imyigaragambyo i Bruxelles mu Bubiligi bamagana “imiyoborere mibi...
Read MoreBeijing iri kwegera Washington mu bukungu? Isura nyayo y’urugamba rw’ibihangange bibiri
Mu gihe isi ihangayikishijwe n’intambara, ikoranabuhanga n’ubutasi, hari indi ntambara ikomeje kubera inyuma y’amarembo ariko ishobora kuzagena ejo...
Read MoreAmabanga y’urugendo rwa Koreya ya Ruguru ku ntwaro kirimbuzi: Uko Pyongyang yanyuze mu bihano ikagera ku gisasu gihangayikishije isi
Mu gihe ibihugu bikomeye by’isi byari bihanganye mu Ntambara y’Ubutita, igihugu cya Koreya ya Ruguru cyatangiye bucece gahunda yatumye nyuma y’imyaka...
Read MoreAmerika na Israel mu gitutu: Irani yavuze ko ishobora kwegera igisasu kirimbuzi
Mu gihe ubushyamirane hagati ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bukomeje gufata indi ntera, umudepite Ebrahim Rezaei yatangaje ko igihugu cye...
Read MoreYatse gatanya nyuma y’iminota 3 arongowe
Muri Kuwait, habaye inkuru yatunguye benshi nyuma y’uko umugabo n’umugore bari bamaze gushyingiranwa batandukanye hashize iminota itatu gusa bakoze...
Read MoreUmugabo yakuruye imodoka ya police akoresheje igitsina cye
Mu gikorwa cyatangaje benshi kandi kidasanzwe, umugabo w’imyaka 50 witwa John Stephenson wo mu Bwongereza yakoze igikorwa cyihariye aho yakoresheje...
Read More