Nyamagabe: Batanu batawe muri yombi bakekwaho kwiba amatungo no gutobora inzu
Polisi ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yatawe muri yombi abagabo batanu bakekwaho kwiba amatungo no gutobora inzu by’abaturage. Aba bagabo...
Read MoreIbi byo kuvuga abantu bavangavanga indimi si ubusirimu na mba,ahubwo ni ubuswa,ubunebwe bwo mu bwenge,no kudaha agaciro ururimi rwabo! Hakorwe iki?
UBUVANGANZO N’URURIMI RW’IKINYARWANDA INYANDIKO N’IBITEKEREZO BYA MWALIMU HAKIZIMANA MAURICE Ururimi...
Read MoreGisagara: Abaturage bo muri Gikonko baherutse gusenyerwa n’umuyaga babayeho bate?
Tariki 21 Gicurasi 2026 habaye ibiza by’imvura ivanze n’umuyaga ukomeye byibasiye Akarere ka Gisagara mu Murenge wa Gikonko mu Kagari ka Kiri mu...
Read MoreGen Muhoozi ajya i Kigali, i Kampala basigaranye impungenge: Ibishya ku izahuka ry’umubano wa Uganda n’u Rwanda
Izina Gen Muhoozi Kainerugaba riri mu adashobora kurenzwa ingohe mu biganiro bigaruka ku kuzahuka k’umubano w’u Rwanda na Uganda. Umwe mu bazi neza...
Read MoreU Rwanda rwasinyanye na Tanzania amasezerano y’ubufatanye mu by’ingufu
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, muri Kigali Convention Center, Perezida Kagame yagiranye inama na Samia Suluhu Hassan, Perezida wa Repubulika...
Read MoreUruhare rw’abaturage mu kubaka Nikeleyeli ni ingenzi – RURA
Umuyobozi Mukuru w’Urwego Ngenzuramikorere (RURA), Evariste Rugigana, avuga ko umushinga uwo ari wo wose utagera ku ntego hatarimo uruhare...
Read MoreU Burusiya bugiye kubaka mu Rwanda uruganda rw’ingufu za nucléaire
Ikigo cy’u Burusiya gishinzwe ingufu za nucléaire, Rosatom, cyatangaje ko kiri kwagura ibikorwa byacyo ku rwego mpuzamahanga, aho u Rwanda ruri mu...
Read MoreAbagabo bafatanywe moto ebyiri bikekwa ko bazibye
Nyanza: Polisi yafashe abagabo bakekwaho kwiba moto mu bihe bitandukanye, bakazikuramo ibyuma bakazigurisha, igihe bafatwaga bari bafite moto ebyiri....
Read MoreNyanza: Abaganga bashinjwe kurangarana umubyeyi bitabye urukiko
Abaganga batatu bakorera ku Bitaro by’Akarere bya Nyanza, bitabye urukikiko rw’ibanze rwa Busasamana, aho baburanye ku ifungwa n’ifungurwa ku cyaha...
Read MoreAbadepite batabarije Muhanga yugarijwe n’ikibazo cy’amazi macye
Abadepite basabye Minisiteri y’Ibikorwa Remezo n’ibigo biyishamikiyeho ko bakwiye kwita ku kibazo cy’amazi make ari mu Karere ka Muhanga. Ni ikibazo...
Read More