Ibi byo kuvuga abantu bavangavanga indimi si ubusirimu na mba,ahubwo ni ubuswa,ubunebwe bwo mu bwenge,no kudaha agaciro ururimi rwabo! Hakorwe iki?
UBUVANGANZO N’URURIMI RW’IKINYARWANDA INYANDIKO N’IBITEKEREZO BYA MWALIMU HAKIZIMANA MAURICE Ururimi...
Read MorePerezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye ‘Grandaparents Day’ muri Green Hills Academy
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye umunsi wahariwe ba ‘Nyogokuru na ba Sogokuru’ [Grandaparents Day] muri Green Hills Academy, aho...
Read MoreAbiga mu mashuri ya TVET barenze ibihumbi 80: Iterambere ry’imyuga mu mibare
Imyuga n’ubumenyingiro ni nk’uruti rw’umugongo ku bukungu bw’igihugu runaka, kuko abayirangizamo bahita babona akazi ku rugero rwo hejuru, bagakora...
Read MoreSanHub ya SAN TECH yatangiye kwakira abanyeshuri bashaka ubumenyi mu koranabuhanga
Mu gihe urubyiruko rwinshi mu Rwanda rukomeje guhangana n’ikibazo cy’ubushomeri n’icyuho kiri hagati y’ubumenyi rufite n’ibikenewe ku isoko...
Read MoreAbize ni bo bica Ikinyarwanda kurusha abandi – Dr Bizimana
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE), Dr Bizimana Jean D’Amascène, yagaragaje ko ikibazo cyo kwangirika...
Read MoreGititsi TSS abarezi ba biri batawe muri yombi
Ruhango: Animatrice na Animateur ba Gitisi TSS batawe muri yombi nyuma yo gukubita abanyeshuri barembeye mu bitaro Kuri uyu wa 19 Ugushyingo...
Read MoreBitewe no kwizigama umwana yishyuriye mugenzi we wari wabuze ubushobozi bwo kwishyura ishuri
Kigali urubyiruko rurasabwa guhindura imyumvire no gutangira kuzigama bakiri bato, aho gutegereza kugera igihe batangiye kubona umushahara. Ni...
Read MoreCLADHO yasabye ko imikwabu yo gukura abana mu muhanda ihagarara nyuma y’urupfu rw’umwana waguye muri Ruhurura
Impuzamiryango iharanira uburenganzira bwa muntu mu Rwanda (CLADHO) yatangaje ko itishimiye uburyo bwo gukura abana mu muhanda hifashishijwe...
Read MoreUbwenge buhangano bugiye gufasha mu gukemura ikibazo cy’ubucucike mu mashuri — Minisitiri Nsengimana
Minisitiri w’Uburezi, Dr. Joseph Nsengimana, yatangaje ko Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence, AI) bugiye kuba igikoresho gikomeye mu gukemura...
Read MoreMinisiteri y’Uburezi yibukije amashuri kubahiriza amabwiriza agenga umusanzu w’ababyeyi, nyuma y’uko hagaragaye amafaranga y’inyongera atemewe
Nyuma y’uko hasohotse amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’ayisumbuye, ababyeyi benshi...
Read More