INKURU NDENDE: Wabigenza ute? Agace ka 05
URUSHAKO RUHUBUKO!
5.
Kamaliza yari akurikiye ameze nk’aho yari ahari birimo kuba ukabona yatwawe neza neza
Kamaliza: umva rekera aho uri kubivuga nkumva nanjye ndabishatse neza neza. Ubanza ariko Damaseni yaragukozemo akazi uwo munsi ukemera
Marigarita: sha nkubwije ukuri rwose yaranyemeje pee. Ntaho yari ahuriye na Dismas kuko we wabonaga icyo ashyize imbere ari ukurangiza gusa naho Damaseni ubwo twari turangije tukaruhuka, yamaze iminota nka mirongwitatu arabyuka
Kamaliza: umva uramenye utaba ugiye kongera kuntekerereza uko byagenze simfite uri bunzimye hafi hano rwose dore na papa Manzi ntabwo ari hafi
Marigarita: si wowe se wari umbajije nyine niba yarankosoye
Kamaliza: ubundi se ko wabanje kuvuga ngo Dismas mwakundanaga bisanzwe, ni gute mwaryamanaga kandi atari cheri cyangwa fiyanse wawe
Marigarita: ese ubu utambeshye wowe warinze uba umugore udafite agasore mujya mwinyensebura mugani w’ab’ubu kandi nta yindi gahunda mufitanye ra?
Kamaliza: nuko wenda wakumva ndi kukwiyemeraho ariko nukuri narinze jyewe nshaka umugabo nkiri isugi pee.
Marigarita: sha jyewe nabutakaje ahari mfite imyaka nka 19 sinibuka neza, gusa simbyicuza kuko abo twabikoranaga bose nabaga mbishaka ntawigeze amfata ku ngufu. Ubwo rero reka nsimbuke ngere mu yindi minsi yakurikiyeho
Kamaliza: oya mwana iyo nkuru ishobora kunzurira ibyasinziriye ahubwo yivuge neza ushyiremo detail zose utagize iyo usimbuka kugera inkuru irangiye yose.
Marigarita: kandi wavuze ngo biri gutuma ubishaka kandi papa wanyu adahari
Kamaliza: nyibwirira sha njya numva abasore bakorera hirya yanjye bavuga ngo gushyukwa ni umugisha. Nubundi se ko wambwiye ngo ibyawe bivanzemo ibibi n’ibyiza nyibwirira ibyiza ibibi na byo uzaba ubimbwira nihagera ahabyo
MARIGARITA
Ubwo yarabyutse maze agana mu bwogero nuko arampamagara musangayo. Nari namaze nanjye gutinyuka no kumumenyera, numvaga rwose nta mpamvu yo kutisanzura ngo nanjye ndyoherwe dore ko nari ntabashije kurangiza ubwa mbere
Musanga mu bwogero nasanga ari gushyushya amazi maze abaye akazuyazi ansaba ko twakoga twembi nuko turoga buri wese apyipyinyura undi mbese twari twabaye nka bwana na madamu
Twamaze koga nuko dusubira mu buriri, gusa sinamenye ko ibyo yari akoze byari ugushaka ko dusubira bundi bushya
Nageze mu buriri nanjye sinatiniganya mpita neguka mwicaraho nuko nkimugeraho numva itangiye gutimbya munsi yanjye aho nicaye nuko nanjye ku mutima nti kabaye tu.
Ubwo narunamye buhoro ku buryo amabere nyamushinga mu gituza maze ntangira kumusoma ari na ko mukorakora mu musatsi, maze ngeze aho mukoza isonga y’ururimi hafi y’ugutwi nkajya ndukaragaho buhoro buhoro kugera ubwo nabonye atangiye kuniha byo gutwarwa nanjye ku mutima nti ndaguhamije
Ntabwo na we ariko yari atuje kuko ubwo intoki zimwe zari ziri mu mabere ziyakorakora buhoro buhoro, akanyuzamo agakorakora ku mabuno agasa n’uyakanda dore ko na yo burya yoroshye kubi ayanjye agirango aba mo amazi kuko nanjye ndabizi ko ari meza dore ko bagira ngo iki
Ubwo namaze kubona yashiriyemo nuko mba nyujije ukuboko munsi y’ikibero ndayifata nyishyiriramo uko yakabaye yose maze numva irazamutseeee igeze hafi mu nda neza neza
Nibwo natangiye kujya nzamuka manuka nyicundaho buhoro buhoro ubundi nkanyuzamo nkikaraga buhoro nsa n’uwafunze amabuno ubundi na we akomeza kujya ankorakora mu mabere kuko nasaga n’uwegutse maze bigeze aho mva hejuru ansaba gusa n’upfukamye dore ko nkunda ak’inyuma nanjye kubi ubundi amfata mu mayunguyungu atangira kuyinsoka bucumu ariko adakoresha ingufu nyinshi ahubwo yayinjizaga buhoro atuje akanyuzamo akavunira maze nanjye nkumva ari kunshimira ahandyaga
Nubwo icyo gihe ibyo kunyara ntari nzi aho bigana ariko ntabwo nashoboraga kurangiza udakoreye inyuma
Nari namaze kumutinyuka nuko musaba ko yakorera inyuma maze na we abyumva vuba ubundi ndagarama na we ashinga ivi maze akorera inyuma akajya amanura azamura yageza kuri rugongo nkumva nasimbuka neza neza
Kera kabaye uko twabikoraga nibwo yageze aho asa n’uyigumishije kuri rugongo ubundi ayibyiringiraho buhoro buhoro nuko numva ubushagarira bunyirukanse na we abibona ko natwawe ubundi ahataho maze mba mushinze inzara mu mugongo ndangije ahita na we ayishunikiramo arongera arangiza bwa kabiri maze turafatana turumana nezaaaaaaaa
Kamaliza: ahuiii. Umva urankoze cyakora ntubuze hose. Uzi ko neza neza ikariso yanjye yatose. Mbega ngo umuntu aragukosora weee
Marigarita: umva burya habaho abagabo bazi akazi. Yankozemo ubudehe ku buryo natashye numva ntabishaka ariko nanone byari ngombwa ko ntaha kuko akaryoshye kadahora mu itama
Kamaliza: ariko se ko numva umusingiza n’ibi bintu yagukoreye koko ubwo ubundi byatangiye bite? Nako wanambwiye ngo uwo munsi ni wo wabaye itangiriro rya karuvali yawe
Marigarita: nyine urumva nubwo uwo munsi twaryoheje tukanaryoherwa ariko rwose nkubwije ukuri ntabwo nyuma y’uwo munsi byakomeje uko nguko, nubwo kandi erega ubona yangize atya, njyewe ndamukunda kandi ndacyamukunda pee. Ni umugabo wanjye twabyaranye abana babiri urabizi gusa mu ngo urabizi habamo ibintu byinshi bitandukanye ibibi n’ibyiza, ubwo nyine ibibi na byo byaraje nubwo nemera ko nshobora kuba narabigizemo uruhare
Kamaliza: urishinja ubundi nkumva sinzi. Wabigizemo uruhare ute se gukunda si uburenganzira kandi ugakunda uwo ushaka?
Marigarita: umunsi umwe, urumva nyine nubwo nari naramwemereye urukundo ariko na Dismas twakomeje kujya tuvugana ikintu ntakomeje ni ukuryamana na we kuko sinumvaga icyaba kintera kuvangavanga kandi narabonaga Damaseni anshimira ahandyaga kandi akangerera ku ngingo. Rero nibwo Dismas yaje kumpamagara ngo ashaka ko tuvugana ndamwemerera ndetse duhana gahunda y’ahantu turi buhurire.
Kamaliza: ubanza nawe utari ushobotse rero. Ni gute se ubwo uhura n’umuntu kandi ufite uwo mukundana koko
Marigarita: ese ubwo nturi kundenganya koko? Umuntu yambwiraga ko ashaka ko duhura tukaganira. None se ubwo koko nari kuba nanga kubera iki koko ko ntacyo napfaga na we?
Kamaliza: none birahurira hehe na Damaseni na wa munsi wa mbere mwabikoze se ko jyewe ndi gushaka ngo ubihuze numve neza aho bihurira
Marigarita: nyine niho ndi kugana. Naragiye nyine mpura na Dismas turaramukanya nuko turicara dufata icyokunywa. Kubera ko we namwisanzuragaho bidasanzwe rero, nafashe icyokunywa gisembuye nuko dutangira kwiganirira bisanzwe kuko iyo twabaga turi kumwe rwose byabaga ari mama wararaye. Ubwo rero turimo kuganira, ngire ntya mbone Damaseni wanjye arahamagaye ambaza ahantu ndi. Uw’abandi sinzi kubeshya nahise mubwira ahantu ndi nuko ambwira ko ari hafi aje akansuhuza.
Kamaliza: ese ubwo kuki uri akajiji bigeze aho koko? Ukemera ko umusore aza kukureba kandi uri kumwe n’undi we? Nuko araza rero
Marigarita: nyine araza maze asanga ndi kwinywera agasembuye rwose kandi iwe nanyoye soda nyuma yuko amazi amenetse. Yaradushuhuje arandeba mbona azunguje umutwe ubundi arimyoza aragenda. Gusa sinarindiriye ko agenda burundu ahubwo nahise mufata ukuboko
Marigarita: ese ko wimyoje ubaye iki? Uyu turikumwe yitwa Dismas ni inshuti yanjye bisanzwe. Igihe duhura bwa mbere nkakubwira ko mfite cheri ni uyu navugaga, ni na we wampamagaye. Dismas, uyu ni Damaseni ni cheri wanjye ubu, yagutanze kuvuga ijambo nyine tu.
Dismas: ese mama niyo mpamvu usigaye uhorana akanyamuneza. Jyewe ariko se buriya wabonaga nzarivuga we? Wapi rwose byari bimwe bisanzwe byo kwiterera story nka kuno bimeze nyine
Damaseni: ndabona ari wowe ahubwo mubanye neza cyane kuko mwiteretse amayoga naho jyewe na fanta ayinywa ayiciramo atayishaka. Reka ndeke kubabihiriza mbareke muryoherwe da.
Yahise agenda ababaye, nibuka byinshi uwo mwanya muto nari mfite ariko ntacyo nari mfite nabikoraho….
Ngaho da. Hanyuma se baje kubana gute? Agace ka 6 ntuzagacikwe