RUTEMBESA Innocent “Ati R.I.P LT Col Willy Ngoma AFC/M23 ,Ninde ukurikiraho?GEN Makenga na we yakomerekejwe na Drone
Umunyamakuru / umuvugizi[ Information officer ] / Rutembesa Innocent yagaragaye ashyira ifoto ya LT Col.WILLY Ngoma wa AFC/ M23 ko uyu yarangije urugendo rwe aho yarashwe gusa abaza abamukurikira ati ni inde ukurikira ?
Mu ma saa munani zijoro nibwo hagaragaye inkuru y’inca mu gongo kuri AFC/ M23 ko uwari umuvugizi w’igisirikari cy’imyeshamba za AFC/ M23 bwana LT Col.Willy Ngoma yishwe .Inkuru yaje gutangwazwa bwa mbere n’ibiro ntara makuru by’ubwongereza Routers. Inkuru dukesha umunyamakuru wacu uri kumurongo w’urugamba ni uko na Gen Makenga atameze neza kuko nawe yarokotse iki gitero cya Drone ,yatubwiye ko Gen Makenga nawe atorohewe ubu.Biravugwa ko Drone nawe Yamuhushije.
Mubisubizo byatanzwe Kurukuta rwa RUTEMBESA Innocent ,hagiye hagaragazwa umukuru wizi nyeshamba AFC/ M23 ko hakurikira Gen .SURUTAN Makenga.Ni ibintu byatumye abanyamakuru bakomeye barimo abanyamakuru ba igitangazamakuru ca Leta y’u Rwanda nka Igihe.Com Bamubaza byinshyi kumpanvu yibi bitekerezo yashizeho abaza ngo ninde ukurikira LT Col.WILLY NGOMA witabye Imana kumunsi wejo.
Tubibutse ko Rutembesa Innocent / Anicet kugeza ubu hataramenyekana igihugu arimo ,muri 2023 hacekwaga uganda ,nyuma haza gucekwa Africa yepfo ,Nyuma muri 2024 hacekwa Erytrea .Ni nyuma yaho mumpera za 2024 umuvukanyi Uwimana Josiane we yiciwe mu Bubiligi bigacekwa leta ya congo.( RDC congo)
Nanone muri 2023 hagaragaye inkuru yo ku gitangazamakuru ca leta muri Uganda ” News Vision ” ko ari mubashakishwa na Leta ya congo nk’igihugu cy’umubyeyi we ,ariwe Papa umubyara.Tubibutse kandi ko avuka kuri Mama we w’umunyarwanda ,ndetse no kuri Papa we w’umukongomani. 
AMAKURU YIZEWE ATARIHO IVUMBI
Amakuru yiraswa rya Col_Wiily_Ngoma nuko yarashwe ariko harihagambiriwe kurasa Gen Makenga Drone yarashe mu Mazu ari Muri Farme ya Gen Innocent Gahizi wa M23 Hari andi makuru maze kugwaho y’Umuntu bavuganye ejo amubwirako ari muri masisi ariko bazengurutswe numwanzi Kuva icyogihe Telephone zahise zivaho.Amakuru akavuga ko bagiye murayo mazu ya Gahizi Innocent akaba arinaho yarasiwe Agapfa mugihe Gen yakomeretse
Ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, byanditse ko Lt Col Willy Ngoma wari umuvugizi w’abarwanyi ba M23 yitabye Imana.Havuzwe kandi ko yahitanywe n’ibitero bya Drone zarashe mu gace ka Rubaya mu ijoro ryakeye.
Amakuru aturuka ahantu hizewe { umunyamakuru wacu uri kumirongo y’urugamba]avuga ko umuvugizi wa gisirikare wa AFC/M23, Lt Col Willy Ngoma, yishwe mu gitero cya drone cyagabwe n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa Kabiri, tariki ya 24 Gashyantare.
Aya makuru yatangiye gukwirakwira nyuma y’amasaha make umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, atangaje ku rubuga rwa X ko ubutegetsi bwa Kinshasa bwongeye kurenga ku masezerano y’agahenge, bukongera “gutangiza intambara yeruye ku mirongo yose y’urugamba.”
Kanyuka yavuze ko kuri uwo wa Kabiri, saa moya za mu gitondo (07:00), ihuriro ry’ingabo za Leta “ryagabye ibitero bikomeye kandi byateguwe ku bice bituwe cyane” birimo Kitendebwa, Kashihe na Kiduveri, mu karere ka Kalehe.
Dukurikire kuri WhatsApp Channel ujye ubona amakuru tubagezaho ku gihe https://whatsapp.com/channel/0029Vad5UfC89inh67apBK2j