Amerika yanenze uko amasezerano y’amahoro atubahirijwe mu burasirazuba bwa RDC
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yamaganye uburyo amasezerano y’agahenge hagati ya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’ihuriro rya...
Read MoreTrump na Putin basoje inama i Alaska nta masezerano ku ntambara yo muri Ukraine
Inama yari itegerejwe cyane hagati ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin,...
Read MoreUR yakiriye ubusabe ibihumbi 16 basaba kwinjira muri Kaminuza, ariko hazakirwa 8,000 gusa
Kaminuza y’u Rwanda (UR) yatangaje ko mu mwaka w’amashuri wa 2025–2026 izakira abanyeshuri bashya 8,000 mu mwaka wa mbere w’amashuri y’icyiciro cya...
Read MoreArsenal Yegereje Kugura Eberechi Eze muri Crystal Palace kuri Miliyoni £55
Ikipe ya Arsenal iri mu marembera yo kurangiza amasezerano yo kugura rutahizamu ukina hagati, Eberechi Eze, usanzwe akinira Crystal Palace, ku giciro...
Read MoreDRC: Constant Mutamba yigereranyije na Nelson Mandela mu rubanza rwamusabiye igihano gikakaye igihano
Constant Mutamba, wahoze ari Minisitiri w’Ubutabera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), yongeye kwitaba urukiko ku wa Gatatu tariki ya 13...
Read MoreUKRAINE yagabye igitero cya Drone ku nyubako yo guturamo mu Burusiya 5 barakomereka
ROSTOV, Uburusiya – Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane, drone bivugwa ko yaturutse muri Ukraine yagabye igitero ku nyubako yo guturamo iherereye mu...
Read MoreAbakuru b’Ibihugu Paul Kagame na Felix Antoine Tshiseked bahuriye mu nama yahuje EAC na SADC baganiriye ku Mutekano wa RDC
Ku wa Gatatu, tariki ya 13 Kanama 2025, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yifatanyije n’abandi bakuru b’ibihugu byo mu Muryango wa Afurika...
Read MoreImbonerakure Zishinja Leta y’u Burundi Kuzibeshya ku Masezerano yo Kujya Kurwana muri RDC
Bamwe mu rubyiruko rw’Imbonerakure, rushamikiye ku ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, CNDD-FDD, barashinja Leta y’u Burundi kubabeshya ku...
Read MoreAbageze mu Zabukuru Bagenda Biyongera ku Isi, Hagamijwe Gushyira Imbaraga mu Buzima Buzira umuze
Ku nshuro ya mbere mu mateka y’isi, abantu benshi bafite amahirwe yo kugera no kurenza imyaka 60 y’amavuko. Abahanga bavuga ko kuba umuntu abayeho...
Read MoreCapt Umutoni Peninah Uregwa mu Rw’Abakekwaho Ibyaha bya “APR FC” Yikuye mu Rubanza Kubera Ihungabana
Urukiko rw’ibanze rwa Gisirikare ruri i Nyamirambo rwatangiye kuri uyu wa 13 Kanama 2025 kuburanisha urubanza rw’abantu 29 barimo abasirikare bakuru,...
Read More