Congo: Umuryango wa Tshisekedi mu Manza z’Ubukungu, Ubucukuzi n’Amasoko y’Intwaro
Umuryango wa Perezida Félix Tshisekedi wongeye gushyirwa mu majwi n’imiryango itandukanye itegamiye kuri Leta, nyuma y’uko hagaragajwe icyegeranyo...
Read MoreFARDC iratabaza abahuza ngo bayikize M23 ibamereye nabi mu bitero
Ingabo za Republika iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zatangaje ko zibangamiwe bikomeye n’ihuriro AFC/M23 rikomeje “kurenga ku masezerano...
Read MoreTanzania: Perezida Samia yasabye umunota w’icyubahiro ku bazize ihohoterwa ryabereye mu mvururu zasizwe n’amatora
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yasabye Inteko Ishinga Amategeko guhaguruka igafata umunota umwe w’ituze n’icyubahiro mu rwego rwo...
Read MoreTanzania: Umuryango w’abanyamategeko wategetse ko leta ifungura internet kandi ikanakuraho ibihe bya guma mu rugo
Umuryango w’Abanyamategeko bo mu Karere k’Afurika y’Iburasirazuba (East Africa Law Society – EALS) wasabye Leta ya Tanzaniya guhagarika ako...
Read MoreAmajyaruguru n’Amajyepfo ya Kivu mu gihirahiro: Ibihano by’Amahanga byananiwe guhagarika intambara
Ibihano ntibyahagaritse imirwano mu burasirazuba bwa RDC N’ubwo ibihugu by’iburengerazuba byafatiye ibihano umutwe wa AFC/M23 ndetse n’u...
Read MoreCongo n’u Rwanda bananiwe gushyira umukono ku masezerano y’ubukungu – inzitizi mu rugendo rw’amahoro
Republika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’u Rwanda ntibashoboye gushyira umukono ku masezerano y’ihuriro ry’ubukungu byari...
Read MoreAbakuru b’Ibihugu Paul Kagame na Felix Antoine Tshiseked bahuriye mu nama yahuje EAC na SADC baganiriye ku Mutekano wa RDC
Ku wa Gatatu, tariki ya 13 Kanama 2025, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yifatanyije n’abandi bakuru b’ibihugu byo mu Muryango wa Afurika...
Read MoreEAC na SADC Bahuriye i Nairobi mu Nama: Icyizere gike ku masezerano yo kugarura amahoro mu burasirazuba bwa RDC
Nairobi, Kenya – kuwa Gatanu, tariki ya 1 Kanama 2025 Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’Umuryango w’Iterambere...
Read MoreAfurika igomba gushora imari muri Afurika niba ishaka gushinga imizi no kubaka ejo hazaza heza
Mu gihe isi ikomeje guhindura amateka y’ubukungu n’ubuyobozi, impaka zirakomeza gukara ku mugabane w’Afrika: Ese koko dushobora gusigasira ejo hazaza...
Read More