Mobile Money mu Rwanda: Uburyo Telefoni Yahinduye Ubuzima bw’Abaturage n’Imikorere y’Ubukungu
Mu Rwanda, uburyo bwo kohereza no kwakira amafaranga hifashishijwe telefoni, buzwi nka mobile money, bwahinduye ubuzima bwa benshi mu buryo...
Read MoreU Rwanda rwerekeje ku ikoreshwa ry’Ifaranga Koranabuhanga (e-FRW) rizoroshya ubucuruzi n’ishoramari
U Rwanda ruri mu rugendo rwo gutangira gukoresha ifaranga koranabuhanga rya Banki Nkuru (e-FRW), rishobora guhindura imikorere y’ubukungu...
Read MoreUrubyiruko rw’u Rwanda rurimo guhindura isura y’ikoranabuhanga: SanTech yatangije Tech Forward Live
Mu gihe Afurika igihanganye n’ikibazo gikomeye cy’ubushomeri bw’urubyiruko, bamwe mu rubyiruko rwo mu Rwanda barimo gushaka ibisubizo binyuze mu...
Read MoreWhatsApp yatangiye gushyira ubutumwa bwamamaza kuri WhatsApp Channel na status: ese igiye gutangira guhemba? Umutekano w’amakuru bwite urizewe?
Urubuga rwo guhanahana ubutumwa rwa WhatsApp rwatangaje ko rugiye gutangira gushyira ubutumwa bwamamaza ku rubuga rwarwo, ariko rukavuga ko abifuza...
Read MoreBurkina Faso igiye kubaka uruganda rukora ibyogajuru ku bufatanye n’inzobere yo muri Ethiopia
Guverinoma ya Burkina Faso yatangaje ko yasinyanye amasezerano y’ubwumvikane n’inzobere mu by’ikoranabuhanga ukomoka muri Ethiopia, Eng Bijay Naiker,...
Read MoreAbakozi ba Leta bahugurwa kuri AI, bamwe bavuga ko amasomo abangamiye serivisi z’abaturage
Abakozi ba Leta bakorera mu nzego zitandukanye bari guhabwa amahugurwa ajyanye n’ubwenge buhangano (Artificial Intelligence – AI), agamije kubafasha...
Read MoreTikTok yafunze konti 88 kubera gukoresha AI mu ma video n’amakuru bakwirakwizaga
TikTok yatangaje ko yafunze konti 88 zari zisanzwe zikoreshwa mu gukwirakwiza amakuru ayobya, hakoreshejwe ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano...
Read MoreIkoranabuhanga rya mudasobwa rishobora kugabanya igihe n’amakosa mu bwubatsi bwa Afurika
Pascal Murasira, wigeze kuyobora ibikorwa byo kubaka no gutangiza Norrsken House Kigali hagati ya 2021 na 2024 — inyubako nini cyane mu murwa mukuru...
Read MoreRURA Yihanangirije MTN Rwanda Kandi Iyifatira Ibihano Bishingiye ku Bibazo mu Itangwa rya Serivisi
Nyuma y’igihe kitari gito abaturage bagaragaza impungenge ku itangwa rya serivisi z’itumanaho, cyane cyane izijyanye no guhamagara, ubutumwa bugufi...
Read MoreUrwego ngenzuramikorere RURA rwahamagaje MTN Rwanda ngo yisobanure ku mpamvu z’imitangire idahwitse ya service imaze iminsi iha abakiriya bayo
Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwahagurukiye ibibazo bikomeje kugaragara mu mikorere ya MTN Rwanda, birimo serivisi z’amajwi (voice), ubutumwa...
Read More