Umunyamakuru Oswald Mutuyeyezu akomeje kuba igitaramo ku mbugankoranyambaga nyuma y’ubutumwa bwe bwashyigikiraga igitekerezo cya Sadate
Nyuma y’amagambo yavugiwe mu nteko rusange y’urubyiruko rushamikiye ku muryango RPF-Inkotanyi mu Murenge wa Gatenga, Akarere ka Kicukiro, aho...
Read MoreAKON na we yaba yaributse kwizigamira muri bwa buryo bwa Hakim: Mu rubanza rwa gatanya n’umugore we, byagaragaye ko nta mitungo umwanditseho
Umuririmbyi w’icyamamare w’Umunyamerika ukomoka muri Senegal, Akon, ari mu manza aregwamo n’umugore we Tomeka Thiam, wamureze asaba gatanya nyuma...
Read MoreUmuhanzikazi Gogo yitabye Imana i Kampala
Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Musabyimana Gloriose, wamamaye mu muziki w’ivugabutumwa ku izina Gogo, yitabye Imana afite...
Read MoreKevin Kade yikomye izina ‘Papa Gigi’, asobanura impamvu ritamushimisha
Ngabo Richard, uzwi cyane mu muziki nka Kevin Kade, ari mu bahanzi bakiri bato bamaze kwiyubaka mu ruhando rwa muzika nyarwanda. Uyu musore ukunzwe...
Read MoreIgisubizo police yasubije uwayibajije kuri X gikomeje kuba igitaramo kuri urwo rubuga
Kuri platform ya X (yahoze ari Twitter), igisubizo cya Police y’u Rwanda cyakoreweho urwenya rukomeye ndetse kigarukwaho n’abatari bake nyuma yo...
Read MoreUmujyi wa Kigali wateguye andi mahirwe y’urubyiruko rwa Kigali, binyuze muri gahunda yiswe Kigali Youth Festival 2025
Umujyi wa Kigali uritegura kwakira iserukiramuco rikomeye ry’urubyiruko rizwi nka Kigali Youth Festival 2025, rizaba ku wa 22 Kanama 2025, rikabera...
Read More“Ni ikibazo cy’igihe” Minisitiri w’urubyiruko Utumatwishima J. Nepo Abdallah yaburiye urubyiruko rutuka umukuru w’igihugu rukanakwirakwiza ingengabitekerezo ya Jenoside
Mu masaha ashize, Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yatanze ubutumwa bugaragaza ubushishozi...
Read MoreMwitende Abdoulkarim wamamaye nka Burikantu, yakebuye ananenga cyane itangazamakuru ry’imyidagaduro
Mu butumwa bw’amajwi n’amashusho yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Mwitende Abdoulkarim wamamaye nka Burikantu mu ruganda...
Read MoreAmafoto n’amajwi y’urukozasoni: Umuco wo kwinjira mu buzima bwite bw’abandi n’ingaruka zabyo ku muryango mugari.
Muri iyi minsi, imbuga nkoranyambaga zirimo Instagram, Facebook na TikTok zasakajweho uduce duto tw’amajwi n’amashusho bivugwa ko ari umupasiteri...
Read MoreUmugore wa perezida w’u Burundi Ari mu bitabiriye ibirori bya miss Burundi 2025
Umugore wa Perezida w’u Burundi, Angeline Ndayishimiye ni umwe mu bitabiriye ibirori bisoza Miss Burundi 2025. Ni ibirori byabaye mu ijoro rya...
Read More