Muri iki gitondo mu majyepfo ya Kivu habaye isibaniro hagati y’ingabo za leta FARDC n’abarwanyi ba AFC/M23
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 5 Ukuboza 2025, imirwano ikomeye yongeye kubura mu Majyepfo ya Kivu, nyuma y’uko ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira...
Read MoreAmasezerano y’amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) na Repubulika y’u Rwanda (Inyandiko yose uko yakabaye)
Amasezerano y’amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) na Repubulika y’u Rwanda ITANGIRIRO Leta ya Repubulika Iharanira...
Read MoreUmwe mu bayobozi ba Wazalendo yumvikanye anenga igisirikare cya leta FARDC ndetse n’ingabo z’Abarundi batangaza ibinyoma ko barashe M23 kandi yo ngo igiye kubambura Uvira
Umutekano mu Burasirazuba bwa Congo urarushaho kuzamba: AFC/M23 ikomeje kwiyegekaho Uvira no kwigura imipaka y’uduce dufite akamaro ka...
Read MoreKu mugoroba wo kuri uyu wa kabiri M23 iri kurwana isatira gufata Uvira
Imirwano irimo gukoresha intwaro ziremereye ikomereje mu bice bihana imbibi n’umujyi wa Uvira, nyuma y’uko umutwe wa AFC/M23 uhanganye...
Read MoreImirwano hagati ya AFC/M23 na FARDC yongeye gukara, ihitana abasivile i Kamanyola
Imirwano ikomeje gukaza umurego hagati y’ihuriro rya AFC/M23 n’ingabo za Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zifatanyije...
Read MoreCongo: Umuryango wa Tshisekedi mu Manza z’Ubukungu, Ubucukuzi n’Amasoko y’Intwaro
Umuryango wa Perezida Félix Tshisekedi wongeye gushyirwa mu majwi n’imiryango itandukanye itegamiye kuri Leta, nyuma y’uko hagaragajwe icyegeranyo...
Read MoreFARDC iratabaza abahuza ngo bayikize M23 ibamereye nabi mu bitero
Ingabo za Republika iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zatangaje ko zibangamiwe bikomeye n’ihuriro AFC/M23 rikomeje “kurenga ku masezerano...
Read MoreAbasivili 18 bakomerekeye mu mirwano yahuje AFC-M23 na Wazalendo i Mashango
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 4 Ugushyingo 2025, nibura abasivili 18 bakomerekeye bikomeye mu mirwano ikomeje hagati y’inyeshyamba za AFC-M23...
Read MoreAFC/M23 Yamaganye umwanzuro w’Ifungurwa ry’Ikibuga cy’Indege cya Goma: “Ni Icyemezo Gishingiye ku Buyobe n’Ubwirasi bwa Politiki”
Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryagaragaje kutishimira no gutangazwa n’umwanzuro wasohotse i Paris ku wa Kane, werekeye ifungurwa ry’Ikibuga...
Read MorePerezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yategetse ko ikibuga k’indege cya Goma kigomba gufungurwa
Perezida w’Ubufaransa, Emmanuel Macron, kuri uyu wa Kane yatangaje ko ikibuga cy’indege cya Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC)...
Read More