Umupfumu Rutangarwamaboko yatewe n’umugizi wa nabi witwaje idini ya Isilam ashaka kumugirira nabi
Kigali, ku wa 18 Ugushyingo 2025, Ikigo Nyarwanda cy’Ubuzima Bushingiye ku Muco cyatangaje ko cyatewe n’umugabo warwanye agana mu biro by’iki...
Read MoreAbagabo batatu bafashwe bagiye gucuruza amahembe y’inzovu muri Aziya
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakurikiranyweho icyaha cyo kugura no kugurisha...
Read MoreMadagascar yashyizeho itegeko ryo gukona abasambanya abana , ariko ntivugwaho rumwe
Mu mwaka wa 2024, igihugu cya Madagascar cyabaye icya mbere muri Afurika cyemeje itegeko rihanisha gukonwa cyangwa guhabwa imiti ibuza ubushake bwo...
Read MoreCLADHO yasabye ko imikwabu yo gukura abana mu muhanda ihagarara nyuma y’urupfu rw’umwana waguye muri Ruhurura
Impuzamiryango iharanira uburenganzira bwa muntu mu Rwanda (CLADHO) yatangaje ko itishimiye uburyo bwo gukura abana mu muhanda hifashishijwe...
Read MoreDr Munyemana Sosthène yahamijwe icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi – Ubutabera bwatsinze ibinyoma n’akarengane
Tariki 23 Ukwakira 2025 izahora yibukwa nk’umunsi ukomeye mu mateka y’ubutabera mpuzamahanga ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Nyuma...
Read MoreGASABO: Abagabo babiri bakurikiranyweho kwica umukecuru bamutwikishije lisansi
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bwakiriye dosiye iregwamo abagabo babiri bakekwaho kwica umukecuru w’imyaka 71 bokesheje lisansi kugeza...
Read MoreRIB yafashe Bucyanayandi Emmanuel wiyitaga umuvugabutumwa, wagaragaye mu mashusho atera ubwoba abakristu ko bagomba gutura nk’ikiguzi cyo gukurirwaho urupfu
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), ku bufatanye n’Urwego rwa Polisi y’u Rwanda, rwataye muri yombi Bucyanayandi Emmanuel, wiyitaga...
Read MoreRIB yafunze umukobwa wakuyemo inda uruhinja akaruta mu ndobo yo mu bwiherero bw’ikigo nderabuzima
Karongi, taliki ya 19 Ukwakira 2025 — Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruri gukurikirana umukobwa witwa Tuyubahe Emerance, w’imyaka 21, ukekwaho...
Read MoreAbaturage barinubira gutinda gutangwa kw’icyemezo cy’uko umuntu atakatiwe n’inkiko
Bamwe mu baturage bo mu Rwanda biganjemo abakoresha urubuga rwa X (rwahoze ari Twitter) baragaragaza kwinubira n’agahinda batewe no gutinda kubona...
Read MoreInteko Ishinga Amategeko y’u Burayi Yasabye u Rwanda Kurekura Victoire Ingabire
Inteko Ishinga Amategeko y’u Burayi (EU Parliament) yasohoye umwanzuro mushya (2025/2861(RSP)) usaba ko Victoire Ingabire, umuyobozi w’ishyaka rya...
Read More