Gusomana mu masegonda 10 gusa bishobora guhererekanya bakteriya zisaga miliyoni 80
Ubushakashatsi bushya bwasohotse mu kinyamakuru Microbiome bugaragaza ko gusomana ari imwe mu nzira zihuse cyane zo guhererekanya mikorobe...
Read MoreAbana barara muri ruhurura ya Mpazi mu gihe cy’imvura nyinshi: Ubuzima hagati y’urupfu n’umupfumu
Mu gihe imvura nyinshi ikomeje kugwa hirya no hino mu Mujyi wa Kigali, hari itsinda ry’abana bo mu muhanda riri kubaho mu mibereho y’akaga ikomeye,...
Read MoreAbanyeshuri barenga ijana bo muri Ntungamo bajyanywe kwa muganga nyuma yo guhabwa imiti y’igicuri aho guhabwa iy’inzoka
Mu Karere ka Ntungamo muri Uganda, abanyeshuri basaga ijana bo ku ishuri ribanza rya Kajumbajumba bajyanywe kwa muganga nyuma yo guhabwa imiti itari...
Read MoreJoyland Company Ltd yari ifite ibyangombwa byose byo gukora imitobe, ariko yaje gutandukira
Uru ruganda Joyland Company Ltd, ruzwiho gukora imitobe ya SALAMA Juice, rwari rumaze imyaka rufite ibyangombwa byose by’ubuziranenge byatanzwe...
Read MoreRIB yafunze umukobwa wakuyemo inda uruhinja akaruta mu ndobo yo mu bwiherero bw’ikigo nderabuzima
Karongi, taliki ya 19 Ukwakira 2025 — Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruri gukurikirana umukobwa witwa Tuyubahe Emerance, w’imyaka 21, ukekwaho...
Read MoreUmunyarwanda arya ibilo 13 by’inyama ku mwaka, aho kurya ibilo 50 biteganywa n’abahanga – Minisiteri y’Ubuhinzi
Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, Telesphore Ndabamenye, yatangaje ko ku mwaka umwe, Umunyarwanda arya ibilo 13 by’inyama...
Read MoreUrukingo rushya rwemejwe mu Bwongereza na Pays de Galles rushobora guhindura isura y’ubwirinzi bwa SIDA
Ku nshuro ya mbere, abarwayi bo mu Bwongereza na Pays de Galles bagiye gutangira guhabwa urukingo rwifashishwa mu kurinda ubwandu bwa virusi itera...
Read MoreIngabire Marie Immaculée, Umuyobozi wa Transparency International Rwanda, yatabarutse
Ni inkuru y’akababaro gakomeye ku muryango nyarwanda, by’umwihariko mu nzego z’ubuyobozi n’imiyoborere myiza, nyuma y’urupfu rwa Madame Ingabire...
Read MoreHadutse indwara y’inyo zinjira mu mubiri w’umuntu zikarya inyama ziwugize
Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika habonetse umuntu wa mbere wanduye indwara y’inyo zirya umubiri w’umuntu Umuntu wa mbere yanduye indwara y’inyo...
Read MoreAbana barenga ibihumbi 62 babana na virusi ya Sida, abayobozi baravuga ko hakenewe ibisubizo byihuse
Nk’uko byatangajwe na NASCOP mu mibare ya 2024, abana 62,798 bafite imyaka iri hagati ya 0 na 14 mu gihugu cya Kenya babana na virusi itera Sida....
Read More