Mu karere ka Rwamagana mu murenge wa Rubona mu ntara y’uburasirazuba mu ntangiriro z’umwaka ushize wa 2024 nibwo Company ya Eathenable Rwanda abenshi bita Tube HEZA nibwo yatangije umushinga wo kubaka inzu zigera kuri 50 Irubona mu karere ka Rwamagana Inzu zikomeye cyane kuko zifite uburambe bugera ku myaka 50 imeze nkuko wayisanze
Usibye Kandi I rwamagana ahari ayo mazu amaze kuzura mbere Yuko bajyayo bari bavuye mu karere ka Bugesera muri Gashora naho hariyo amazu asaga 10 yuzuye ataratangwa kuko ategereje gutangirwa rimwe Nandi arimo kubakwa agera kuri 73