Hari amakuru avuga ko mu ngendo zose HE Vladimir Putin ajyamo, haba hari umujepe ushinzwe gutwara Amazirantoki ye agasubizwa mu Burusiya
Mu minsi ishize, ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru mpuzamahanga hakomeje gukwirakwira amakuru avuga ko Perezida wa Leta y’u Burusiya,...
Read MoreUrugendo rwa I Show Speed muri Africa rusize aguze inzu mu Rwanda ndetse anemeza ko azajya aza kuharuhukira
Umunyamerika Darren Watkins Jr. uzwi cyane ku izina rya IShowSpeed, umwe mu bantu bakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga ku Isi, yasuye u...
Read MoreIbya Rayon Sports bikomeje kuba agatereranzamba
APR FC yanyagiye Rayon Sports 4-1 yegukana Super Cup 2026 inemeza bidasubirwaho ko iyoboje inkoni y’icyuma mukeba Ikipe ya APR FC yegukanye...
Read MoreNyamasheke: Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Mariba yakubiswe n’umuturage amushinja kumukura ku rutonde rw’abahabwa ibigori
Kuri sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwa Shangi, hafungiye Ndagijimana Félix w’imyaka 44 y’amavuko, ukurikiranyweho icyaha cyo gukubita no...
Read More“Amatora Naramuka Abaye Mu Mucyo, Nzubahiriza Ibyavuyemo” — Bobi Wine
Umuyobozi utavuga rumwe n’ubutegetsi akaba n’umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika ya Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi cyane nka Bobi...
Read MoreAmerika yivanye mu mikoranire n’imiryango mpuzamahanga 66: Intambwe ya “America First” ishobora kuyisiga yonyine ku isi
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasinye iteka rishyira iherezo ku mikoranire y’igihugu cye n’imiryango mpuzamahanga...
Read MoreAbajenerali bakuru bo muri RDC boherejwe muri gereza ya Ndolo, impungenge ku mutekano w’igihugu ziriyongera
Mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), icyemezo cyo kohereza bamwe mu basirikare bakuru muri gereza ya gisirikare ya...
Read MoreIbyago Isi Yari Guhura Nabyo Iyo Trump Afata Icyemezo Cyo Kwihorera kuri Iran yandagaje igisirikare cya Amerika
Mu rukerera rwo ku wa 12 Mutarama 2016, igikorwa cyasaga n’igisanzwe mu gisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyahindutse ikibazo gikomeye cya...
Read MoreKigali: Buri munsi abashofere 150 bahanirwa kunyura mu muhanda wagenewe bus zonyine
Guhera ku wa 2 Ukuboza 2025, Minisiteri y’Ibikorwa Remezo (MININFRA) yatangije gahunda nshya yo kunoza ubwikorezi rusange mu Mujyi wa Kigali,...
Read MoreUmuforomo wo mu Budage yakatiwe igifungo cya burundu azira kwica abarwayi ngo yigabanyirize akazi
Mu Budage, urukiko rwakatiye umuforomo wakoraga mu rwego rwo kwita ku barwayi barembye cyane (palliative care) igifungo cya burundu, nyuma yo guhamwa...
Read More