Ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro bwatangaje ko hakoreshejwe miliyari 11,2 Frw mu kubakira imiryango 434 yasenyewe n’ibiza byibasiye aka karere.
Tariki 2-3 Gicurasi 2023 ni bwo mu Rwanda haguye imvura idasanzwe yateje ibiza byahitanye abantu 135 binasenya inzu z’abaturage barimo 1126 bo mu...
Read MoreDonald Trump yatangaje ko nta wundi mushinga azongera gusinya hatarashyirwa mu bikorwa umushinga we ukumira abatinganyi n’abihinduje igitsina
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko atazongera gusinya undi mushinga w’itegeko uwo ari wo wose mbere y’uko...
Read MoreUbusesenguzi: Isi yose igiye kwishyura igiciro cy’intambara Amerika yagabye kuri Iran
Mu minsi igera ku icumi gusa ishize, isi yinjiye mu bihe bishya by’umutekano muke nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel bagabye ibitero...
Read MoreAFC/M23 ivuga ko yiyemeje kurinda abasivili mu bice igenzura mu Burasirazuba bwa RDC
Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo / Mouvement du 23 Mars (AFC/M23) ryatangaje ko ryiyemeje gukomeza kurinda abaturage b’abasivili batuye mu bice...
Read MoreAFC/M23 yatangaje ko iratangira kurasa u Burundi
Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ryatangaje ko ryinjiye mu cyiciro gishya...
Read MoreUrubyiruko rw’u Rwanda rurimo guhindura isura y’ikoranabuhanga: SanTech yatangije Tech Forward Live
Mu gihe Afurika igihanganye n’ikibazo gikomeye cy’ubushomeri bw’urubyiruko, bamwe mu rubyiruko rwo mu Rwanda barimo gushaka ibisubizo binyuze mu...
Read MoreBushali na “Onze Boule”: Igitekerezo cy’umupira w’amaguru cyazimiye bucece
Ku wa 29 Nyakanga 2022, muri studio za Radio 10, mu kiganiro cya siporo cyitwa Urukiko rw’imikino, umuhanzi Hagenimana Jean Paul uzwi...
Read MoreIcyo wakora niba ubona ibimenyetso ko umukunzi cyangwa umugore wawe ari kuguca inyuma ku wi yita inshuti ye isanzwe
Mu rukundo, kimwe mu bintu bibabaza cyane ni ukumva ko hari undi muntu uri kwiyegereza uwo mukundana. Ariko hari ikindi kibabaza kurusha kumva ko...
Read MoreRayonsport yashyizeho uburyo bwo kuba umunyamuryango uzwi, n’uburyo bwo kuyiguramo imigabane binyuze mu ishoramari
Ubuyobozi bwa Komite y’inzibacyuho ya Rayonsport bwaganiriye n’abanyamakuru butangaza ko bwongerewe igihe cyo gukomeza kuyobora umuryango wa...
Read MoreWhatsApp yatangiye gushyira ubutumwa bwamamaza kuri WhatsApp Channel na status: ese igiye gutangira guhemba? Umutekano w’amakuru bwite urizewe?
Urubuga rwo guhanahana ubutumwa rwa WhatsApp rwatangaje ko rugiye gutangira gushyira ubutumwa bwamamaza ku rubuga rwarwo, ariko rukavuga ko abifuza...
Read More