Umugabo w’Umutaliyani yatawe muri yombi azira guhisha urupfu rwa nyina akomeza kwakira pansiyo ye imyaka itatu
Mu Butaliyani, hafashwe umugabo w’imyaka 57 y’amavuko ushinjwa guhisha urupfu rwa nyina witwaga Graziella Dall’Oglio, wapfuye mu mwaka wa 2022...
Read MoreAkurikiranyweho kwica mukuru we bapfuye amafaranga 250Frw
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye umugabo w’imyaka 28 wo mu Murenge wa Gishubi, mu Karere ka Gisagara, ukekwaho kwica mukuru...
Read MoreLeta Zunze Ubumwe za Amerika zashyizeho ingwate igera ku $15,000 ku baturage b’ibihugu 23 bya Afurika basaba visa
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangiye gushyira mu bikorwa amategeko mashya akakaye agenga itangwa rya visa, areba by’umwihariko abaturage b’ibihugu...
Read MoreUmujyanama w’Ubuzima w’Imyaka 62 Yapfiriye mu rugo rw’umuvuzi wa Magendu i Nyamasheke
Kantarama Consolée w’imyaka 62, wari Umujyanama w’Ubuzima mu Kagari ka Kigabiro, Umurenge wa Nyabitekeri mu Karere ka Nyamasheke, yapfiriye mu rugo...
Read MoreLeta Zunze Ubumwe za Amerika zafashe ubwato M/V Bella 1
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zafashe ubwato bw’ubucuruzi M/V Bella 1 nyuma yo kugaragara ko bwarenze ku bihano byashyizweho na...
Read MoreKwiyunga byabaye iby’akanya gato: Regis na Micky basubiye mu makimbirane
Nyuma y’iminsi mike batangaje ko bamaze kwiyunga no gushyira ku ruhande amakimbirane yari amaze igihe hagati yabo, umwuka mubi wongeye...
Read MorePerezida Ndayishimiye avuga ko yatangiye kuyobora atazi neza icyo yakorera Abarundi, yiyambaza Imana ngo imuyobore
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ubwo yatorerwaga kuyobora igihugu atari afite ishusho isobanutse y’ibyo yagombaga gukorera...
Read MoreUmusore ukekwaho kwambura abamotari moto yarashwe arapfa agerageza gutoroka inzego z’umutekano i Kirehe
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 7 Mutarama 2026, mu Mudugudu wa Kukabungo, Akagari ka Cyunuzi, Umurenge wa Gatore mu Karere ka Kirehe, mu...
Read More“Noheli nziza ku ba nya Ethiopia bose” kubera iki Ethiopia isigara inyuma ho imyaka isaga 8
Mu gihe ibihugu byinshi byo ku isi byizihiza Noheli ku wa 25 Ukuboza hakurikijwe kalendari ya Gregori, muri Ethiopia ho abakristu, by’umwihariko...
Read MorePerezida Museveni yemeje ko ingabo za Amerika zitakwisukira iza Uganda mu mirwano yo ku butaka
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko igihugu cye gifite ubushobozi bwo gutsinda Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gihe ingabo...
Read More