Impungenge ku mutekano wa California: Iran yagize icyo ivuga ku byatangajwe na FBI ko izatera Calfornia
Nyuma y’amakuru aturuka mu bitangazamakuru mpuzamahanga avuga ko urwego rushinzwe iperereza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Federal...
Read MoreIbimenyetso 10 bikwereka ko umusore uri kugutereta agukunda by’ukuri
Mu buzima busanzwe, hari abakobwa benshi bibaza niba amagambo meza n’imyitwarire y’umusore uri kubatereta bishingiye ku rukundo nyakuri cyangwa ari...
Read MoreIbimenyetso 10 byakwereka ko umusore uri kugutereta agushakaho imibonano mpuzabitsina gusa
Muri iki gihe, urukundo ntirukivugwaho rumwe. Hari abarujyamo bashaka kubaka umubano urambye, hakaba n’abarukoresha nk’inzira yo kugera ku nyungu...
Read MoreAbanyarwanda Batatu Bafunzwe Bazira Ubujura Bwitwaje Intwaro aho bivugwa ko bibye Miliyoni 63 i Kampala
Abantu batandatu barimo Abanyarwanda batatu bafunzwe by’agateganyo muri gereza ya Luzira muri Uganda, bakurikiranyweho uruhare mu bujura bukomeye...
Read MoreAmerika yakuyeho by’agateganyo ibihano yari yarafatiye peteroli y’u Burusiya
Ubuyobozi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwatanze uruhushya rwihariye rwemerera ibihugu kugura by’agateganyo peteroli zimwe na zimwe z’u...
Read MoreBurundi: Haracyekwa ikintu gikomeye icyatumye perezida Ndayishimiye ajya ku gitutu cyo gufungura General Bunyoni
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yafashe icyemezo cyatunguye benshi cyo kurekura by’agateganyo uwahoze ari Minisitiri w’Intebe,...
Read MoreUmugambi uvugwaho guhuza abarwanya u Rwanda ukomeje guteza impaka mu karere k’Ibiyaga Bigari
Amakuru akomeje gutangazwa mu nzego zitandukanye z’umutekano n’isesengura rya politiki mu karere k’Ibiyaga Bigari aravuga ko hari umugambi uri...
Read MoreIngabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zishobora guhagarikirwa inkunga n’umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi EU
Amakuru atangazwa n’ibinyamakuru mpuzamahanga aravuga ko inkunga y’amafaranga yatangwaga n’umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) mu...
Read MoreKenya: Umugabo yatawe muri yombi azira gushimuta ibimonyo 2000 by’ibigore
Umushinwa witwa Zhang Kequn yatawe muri yombi ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Jomo Kenyatta giherereye i Nairobi muri Kenya, nyuma yo...
Read MoreFERWAFA yatangaje Stephen Constantine nk’umutoza mushya w’ikipe y’igihugu Amavubi, wanayitoje seaso ya 2014
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko umwongereza Stephen Constantine yongeye kugirwa umutoza mukuru w’Ikipe...
Read More