U Bubiligi busanga kuvana Ingabo z’u Rwanda muri Congo bikwiye kujyana no gusenya FDLR
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prevot, kuri uyu wa Gatandatu yatunguranye agaragaza ko igihugu cye gisanga kuvana Ingabo z’u...
Read MoreLangwida wamamaye mu Ikinamico Urunana yitabye Imana ku myaka 64
Nyirabagande Drocelle Fridaus wamamaye cyane nka Langwida mu Ikinamico Urunana, yitabye Imana ku myaka 64 azize uburwayi bikekwa ko ari umuvuduko...
Read MoreAbadepite bagiye gukora ingendo rusange zigamije gusura ibikorwa byo kongera umusaruro w’ubuhinzi
Umutwe w’Abadepite wateguwe ingendo rusange z’Abadepite mu turere twose tw’igihugu zigamije kubona amakuru yo kugenzura ibikorwa birebana no kongera...
Read MoreAmerika yemereye TotalEnergies na ExxonMobil gukomeza gukorana na RDF
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zahaye ibigo bya TotalEnergies na ExxonMobil uburenganzira bwihariye bwo gukomeza gukorana n’ingabo z’u Rwanda zikorera...
Read MoreNta mpinduka ziri mu buryo imishahara y’abakozi ba Leta igenwa – MIFOTRA
Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA) yatangaje ko mu Itegeko n° 017/2026 ryo ku wa 23/04/2026 rihindura Itegeko n° 017/2020 ryo ku wa...
Read MoreU Rwanda rwashyizeho izamurwa rusange ry’Imishahara ku Bayobozi bo mu nzego za Leta
Ku mpapuro, kuzamurwa mu nshingano byasaga n’aho ari ibintu bikomeye. Umuyobozi w’ishami muri serivisi za Leta mu Rwanda yashoboraga kuyobora...
Read MoreNta munyamahanga wemerewe kwinjira mu Rwanda avuye muri RDC
Leta y’u Rwanda yatangaje ko yashyizeho ingamba zikomeye zo kwirinda icyorezo cya Ebola gikomeje kugaragara muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
Read MoreIbitangazamakuru 30% ni byo biteganyiriza abakozi
Raporo y’ubushakashatsi bwakozwe n’Ishyirahamwe ry’Abanyamakuru mu Rwanda (ARJ) y’uyu mwaka wa 2026, igaragaza ko 30% gusa by’ibitangazamakuru ari...
Read MoreUmushahara w’Umunyamakuru mu Rwanda: 17% ntibageza ku bihumbi ijana Frw
Raporo y’ishyirahamwe ry’Abanyamakuru mu Rwanda – ARJ yagaragaje ikibazo mu mibereho y’abanyamwuga, aho abasaga cumi na barindwi ku ijana...
Read MoreAbagore bo muri Mauritius n’abo mu Rwanda biyemeje gufatanya mu bucuruzi
Ba rwiyemezamirimo b’abagore bo muri Mauritius n’abo mu Rwanda biyemeje gufatanya mu mishinga y’ubucuruzi, aho abo muri Mauritius bazashora imari mu...
Read More