M23 ikomeje gushinjwa kwica abasivile muri Rutshuru. Uburayi burasaba iperereza
Ibitero bishinjwa inyeshyamba za AFC/M23 n’indi mitwe yitwaje intwaro, byahitanye abaturage benshi muri teritwari ya Rutshuru, Intara ya Kivu...
Read MoreIsrael Yishe Umunyamakuru wa Al Jazeera imushinja Kuba Umuyobozi wa Hamas
Igisirikare cya Israel cyemeje ko cyishe Anas Jamal Mahmoud al-Sharif, umunyamakuru w’igitangazamakuru mpuzamahanga Al Jazeera Arabic, kimushinja ko...
Read MoreUmunyamerika waje mu kiruhuko muri Afurika yishwe n’imbogo ubwo yari ari kuyihiga iramuhindukirana imugira umuhigo
Asher Watkins, umumiliyoneri w’imyaka 52 ukomoka muri Leta ya Texas imwe muri leta zigize Leta Zunze Ubumwe za Amerika, wari uzwi cyane mu...
Read MoreAFC/M23 Yigaruriye Uduce dushya muri Kivu y’Amajyepfo, Abaturage Barahunga
Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryamaze gufata uduce dutandukanye two mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’imirwano ikaze...
Read More“Ni ikibazo cy’igihe” Minisitiri w’urubyiruko Utumatwishima J. Nepo Abdallah yaburiye urubyiruko rutuka umukuru w’igihugu rukanakwirakwiza ingengabitekerezo ya Jenoside
Mu masaha ashize, Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yatanze ubutumwa bugaragaza ubushishozi...
Read MoreKubera M23 ikipe yo mu Budage FC Bayern Munich igiye guhagarika amasezerano asanzwe ya Visit Rwanda
Klub y’umupira w’amaguru yo mu Budage, Bayern Munich, yatangaje ko igiye kugabanya ikoreshwa ry’ikirango “Visit Rwanda” mu bikorwa byayo, ndetse...
Read MoreInkuru y’urukundo: Amarira y’utaribagiranye igice cya 8 B
Mu byumweru byakurikiyeho, ubuzima bwanjye bwahindutse urukurikirane rw’iminota ipfukiranijwe n’agahinda gasingira umutima bucece. Nari maze kumva ko...
Read MorePerezida Ndayishimiye ashimira abasirikare b’u Burundi barwaniriye amahoro muri RDC
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yashimye ubutwari bw’ingabo z’igihugu cye ziri ku rugamba mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...
Read MoreDr. Frank Habineza yanenze uburyo ubutegetsi busaranganywa mu Rwanda
Dr Frank Habineza, umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda), yongeye kugaragaza ibitekerezo bye muri...
Read MoreFARDC n’Abambari Bayo Bongeye Gutsindwa Bikomeye mu Ntambara yo mu Gace ka Kabare muri Kivu y’Epfo
Mu gihe umutuzo ugaragara nk’inzozi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, inkundura y’imirwano yongeye gusuka amaraso mu...
Read More