Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri M23 iri kurwana isatira gufata Uvira
Imirwano irimo gukoresha intwaro ziremereye ikomereje mu bice bihana imbibi n’umujyi wa Uvira, nyuma y’uko umutwe wa AFC/M23 uhanganye...
Read MoreUmuriro ukomeje guhitana benshi i Hong Kong: Umurokoke umwe akuwe ku igorofa rya 16 mu gihe umubare w’abahitanywe n’inkongi wageze kuri 65
Hong Kong – Inzego zishinzwe ubutabazi muri Hong Kong zakomeje ibikorwa byo gushakisha abarokotse mu nyubako ya Wang Fuk Court, nyuma y’inkongi...
Read MoreImirwano hagati ya AFC/M23 na FARDC yongeye gukara, ihitana abasivile i Kamanyola
Imirwano ikomeje gukaza umurego hagati y’ihuriro rya AFC/M23 n’ingabo za Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zifatanyije...
Read MoreNdagijimana Félicien w’imyaka 45 yaguwe gitumo ubwo yari amaze kwiba moto
Ku wa Kabiri, tariki ya 2 Ukuboza 2025, Polisi ikorera mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro yataye muri yombi Ndagijimana Félicien...
Read MoreJohn Cena atangaza ko adafite gahunda yo kugira abana: “Mfite ubwoba bwo kuba umubyeyi utari mwiza”
Umukinnyi w’iteramakofe kakomeye muri WWE akaba n’umukinnyi wa filime w’icyamamare ku isi, John Cena, yongeye gusobanuza impamvu yihariye ituma...
Read MoreGusomana mu masegonda 10 gusa bishobora guhererekanya bakteriya zisaga miliyoni 80
Ubushakashatsi bushya bwasohotse mu kinyamakuru Microbiome bugaragaza ko gusomana ari imwe mu nzira zihuse cyane zo guhererekanya mikorobe...
Read MoreRIB yatangaje ko Yampano n’umugore we bashobora gufungwa igihe iperereza rimuhamya uruhare mu gusakaza amashusho y’urukozasoni
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko umuhanzi Uworizagwira Florien, uzwi nka Yampano, ashobora gufatwa akagezwa imbere y’ubutabera...
Read MoreImbabura itunze benshi mu banyakigali bakora imirimo yo gutekera ku mihanda mu masaha ya nijoro
Mu gihe Leta y’u Rwanda ikomeje guhamagarira urubyiruko kwiremera akazi no gutekereza imishinga ishingiye ku bushobozi bwabo bwite, mu bice...
Read MoreEspanye: Ishuri ryigisha uburaya bw’umwuga rikomeje guteza impaka n’uruhurirane rw’ingaruka nshya ku babukora
Mu ntara ya Valence muri Espanye, hashinzwe ishuri ridasanzwe ryatangije amasomo y’uburaya bw’umwuga kuva muri Gicurasi 2024, ibintu byatunguye...
Read MoreGakenke: Umugore afunzwe akekwaho kwica umwana we nyuma yo gutanga amakuru ku nkoko yari yibwe
Umugore wo mu Karere ka Gakenke, Umurenge wa Coko, Akagari ka Mbirima, yafashwe afungirwa kuri Sitasiyo ya RIB ya Ruli akekwaho kwica umwana we...
Read More