Ubushinjacyaha bw’Igisirikare Busabiye Igifungo umujyanama Wihariye wa Perezida Tshisekedi
Ubushinjacyaha bw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bwasabye Urukiko Rukuru rwa Kinshasa gukatira François Beya,...
Read MoreFARDC yahakanye yivuye inyuma ibirego ishinjwa na Twirwaneho
Minembwe, RDC — Mu gihe imitwe yitwaje intwaro ikomeje gutera impungenge mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC),...
Read MoreImibare igaragaza ko mu Rwanda urubyiruko ruri munsi y’imyaka 24 rwandura SIDA ku kigero cya 35% mu mwaka
Kigali – Mu Rwanda, abantu bafite munsi y’imyaka 24 bagize 35% by’abandura virusi itera SIDA (VIH) buri mwaka, nk’uko bigaragazwa n’imibare ya...
Read MoreInkuru y’urukundo: Amerira y’utaribagiranye igice cya 3
Igice cya 3: Ubutumwa mu Nzozi Ntabwo ari buri joro inzozi zigira ishusho isobanutse nk’igitabo. Ariko iryo joro, ryari iryo gutaha mu mateka...
Read MoreAFC/M23 n’umuryango w’abibumbye bamaganye ubwicanyi bwibasiye abasivile muri i Turi
Ihuriro rya politiki n’igisirikare Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryamaganye byimazeyo ubwicanyi bukomeye bwakozwe n’umutwe w’iterabwoba wa...
Read MoreMutualité Shikama y’Abanyamulenge yavuze uburyo ibayeho mu Burundi ndetse n’uko ibanye na Leta
Umuryango w’Abanyamulenge baba mu Burundi, bibumbiye mu muryango wa Mutualité Shikama-Burundi, watangaje ko ubayeho neza, uhakana amakuru...
Read MoreAFC/M23 Yihanangirije Leta ya Kinshasa: “Ntituzava i Goma n’i Bukavu, ni iwacu”
Goma, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) — Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC) rifatanyije n’umutwe M23, ryatangaje ku mugaragaro ko...
Read MoreUbuhamya bukomeye bwa Musabinema Laurence umaze imyaka isaga 15 mu bitaro bya gatonde
Mu bitaro bya Gatonde biherereye mu Karere ka Gakenke, habarizwa umukobwa ufite inkuru ibabaje ivuga byinshi ku buzima bugoranye abantu bamwe bacamo...
Read MoreAmarira y’utaribagiranye igice cya 2
Ibaruwa Diane Yasize Iminsi icumi yari ishize Diane ashyinguwe. Ubutayu bwo mu mutima wanjye bwari bukimeze nk’inkambi idatuwamo. Sinashakaga kuvuga,...
Read MoreAmafoto n’amajwi y’urukozasoni: Umuco wo kwinjira mu buzima bwite bw’abandi n’ingaruka zabyo ku muryango mugari.
Muri iyi minsi, imbuga nkoranyambaga zirimo Instagram, Facebook na TikTok zasakajweho uduce duto tw’amajwi n’amashusho bivugwa ko ari umupasiteri...
Read More