Prince Kid yatsinzwe urubanza rwo gushaka ubuhungiro muri Texas, ashobora koherezwa mu Rwanda
Urubanza rwa Prince Kid, wahoze ayobora Miss Rwanda Organization, rufashe umurongo ukomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma y’uko urukiko rwo...
Read MoreApôtre Yongwe yongeye kwibutsa icyatumye afungwa mu Rwanda, nyuma yo kugaragara azenguruka mu ba kristu ngo bature kungufu anabaserereza
Apôtre Harerimana Joseph, uzwi cyane nka Apôtre Yongwe, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo kugaragara muri Uganda asaba amaturo mu buryo...
Read MoreIsrael Mbonyi yatangaje igitaramo gikomeye i Rubavu nyuma y’icya ‘Icyambu4’ cya Kigali
Mu gihe Israel Mbonyi akomeje imyiteguro y’igitaramo gikomeye ‘Icyambu4’ giteganyijwe kuba ku wa 25 Ukuboza 2025 muri BK Arena, yamaze gutangaza ko...
Read MoreUmupfumu Rutangarwamaboko yatewe n’umugizi wa nabi witwaje idini ya Isilam ashaka kumugirira nabi
Kigali, ku wa 18 Ugushyingo 2025, Ikigo Nyarwanda cy’Ubuzima Bushingiye ku Muco cyatangaje ko cyatewe n’umugabo warwanye agana mu biro by’iki...
Read MoreVestine Ishimwe yahumurijwe na Aline Gahongayire
Aline Gahongayire yahumurije Ishimwe Vestine wo mu itsinda Vestine na Dorcas, uri kunyura mu bihe bitoroshye, amwifuriza kurindwa n’amaraso ya Yesu,...
Read MoreIshimwe Vestine agiye gutandukanya n’umugabo we byihuse
Umuririmbyi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ishimwe Vestine, abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze ari kwicuza impamvu yararushinze (yakoze...
Read MoreRuti Joel n’umucuranzi we wa Guitar bagiye kwerekeza muri France
Nyuma y’urugendo rw’umuziki rukomeje kubageza mu bihugu bitandukanye by’i Burayi, umuhanzi Ruti Joël n’umucuranzi we w’igihe kirekire, Clement...
Read MoreTanzania: Perezida Samia yasabye umunota w’icyubahiro ku bazize ihohoterwa ryabereye mu mvururu zasizwe n’amatora
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yasabye Inteko Ishinga Amategeko guhaguruka igafata umunota umwe w’ituze n’icyubahiro mu rwego rwo...
Read MoreKaduhire Kadudu nyuma yo gusererezwa n’umwe mu bari baje mu gitaramo cy’urwenya ko ngo ntacyo Imana yamuhaye bigatuma agira ikiniga akava ku rubyiniro atarangije gusetsa, yagiriwe ubuntu.
Richard Nick Ngendahayo wari watumiwe nk’umushyitsi mukuru muri Gen-Z Comedy, yahaye ibihumbi 500 Frw Kaduhire Kadudu uri mu banyarwenya bamaze...
Read MoreBitewe no kwizigama umwana yishyuriye mugenzi we wari wabuze ubushobozi bwo kwishyura ishuri
Kigali urubyiruko rurasabwa guhindura imyumvire no gutangira kuzigama bakiri bato, aho gutegereza kugera igihe batangiye kubona umushahara. Ni...
Read More