Bushali na “Onze Boule”: Igitekerezo cy’umupira w’amaguru cyazimiye bucece
Ku wa 29 Nyakanga 2022, muri studio za Radio 10, mu kiganiro cya siporo cyitwa Urukiko rw’imikino, umuhanzi Hagenimana Jean Paul uzwi...
Read MoreIcyo wakora niba ubona ibimenyetso ko umukunzi cyangwa umugore wawe ari kuguca inyuma ku wi yita inshuti ye isanzwe
Mu rukundo, kimwe mu bintu bibabaza cyane ni ukumva ko hari undi muntu uri kwiyegereza uwo mukundana. Ariko hari ikindi kibabaza kurusha kumva ko...
Read MoreRayonsport yashyizeho uburyo bwo kuba umunyamuryango uzwi, n’uburyo bwo kuyiguramo imigabane binyuze mu ishoramari
Ubuyobozi bwa Komite y’inzibacyuho ya Rayonsport bwaganiriye n’abanyamakuru butangaza ko bwongerewe igihe cyo gukomeza kuyobora umuryango wa...
Read MoreWhatsApp yatangiye gushyira ubutumwa bwamamaza kuri WhatsApp Channel na status: ese igiye gutangira guhemba? Umutekano w’amakuru bwite urizewe?
Urubuga rwo guhanahana ubutumwa rwa WhatsApp rwatangaje ko rugiye gutangira gushyira ubutumwa bwamamaza ku rubuga rwarwo, ariko rukavuga ko abifuza...
Read MoreIbimenyetso 10 Byerekana Ko Uri Mu Rukundo Rwa Nyarwo
Urukundo ni ijambo rikoreshwa kenshi, ariko rusobanurwa gake. Hari abaruvuga kenshi ariko bakarugaragaza gake. Hari n’abarwinjiramo kubera irungu,...
Read MoreMucoma n’abo bareganwa batanu basabye gukurikiranwa badakomeje gufungwa
Nizeyimana Didier wamamaye nka Mucoma ari kumwe n’abandi bane bareganwa icyaha cyo gukwirakwiza amakuru y’ibihuha bifashishije imbuga nkoranyambaga,...
Read MoreUrukiko rw’Ikirenga rwatangiye kuburanisha mu mizi urubanza rwa Ingabire ku ngingo ya 106
Urukiko rw’Ikirenga rwatangiye kuburanisha mu mizi urubanza rwarezwemo ingingo ya 106 y’Itegeko rigenga imiburanishirize y’imanza...
Read MoreAmbasade y’u Rwanda muri leta Zunze Ubumwe z’Abarabu yasohoye itangazo rigenewe Abanyarwanda bari muri izo leta na Bahrain
Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, yatangaje ko muri ubi bihe by’intambara Iran ihanganyemo na Israel...
Read MoreIhuriro “Amani Kwa Wote” ryishimiye ibihano Amerika yafatiye abasirikare bane b’u Rwanda
Ihuriro Amani Kwa Wote (risobanura Amahoro kuri bose), rikorera mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo...
Read MorePerezida wa RDC n’inkubiri yo kongera gusubika amatora ya 2028
Mu gihe hasigaye imyaka ibiri ngo habe amatora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe mu 2028, impungenge z’uko ashobora kongera gusubikwa ziragenda...
Read More