Urwego rw’ingufu muri Afurika rwadidjwe n’imiyoborere – Dr Donald Kaberuka
Mu gihe Afurika ikomeje gushaka ibisubizo birambye by’ikibazo cy’ingufu z’amashanyarazi, Dr. Donald Kaberuka yavuze ko ikibazo cy’uyu mugabane kitari...
Read MoreNi igikombe begukanye bagikwiriye rwose – Perezida Kagame yashimye Arsenal
Perezida Paul Kagame yashimye Arsenal yegukanye igikombe cya Shampiyona, avuga ko ari umuhigo ukomeye besheje nyuma y’umwaka w’imikino utari...
Read MoreUmutekano uri imbere muri serivisi Abanyarwanda bishimira
Abadepite bagize Komisiyo y’Imiyoborere, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagabo n’Abagore, ubwo bagezaga ku Nteko rusange umutwe w’Abadepite kuri uyu...
Read MoreAbagore bo muri Mauritius n’abo mu Rwanda biyemeje gufatanya mu bucuruzi
Ba rwiyemezamirimo b’abagore bo muri Mauritius n’abo mu Rwanda biyemeje gufatanya mu mishinga y’ubucuruzi, aho abo muri Mauritius bazashora imari mu...
Read MoreNyamasheke: Hatangijwe icyiciro cya 8 cy’amahugurwa yo gutegura abahamijwe ibyaha bya jenoside bitegura kurangiza ibihano
Uyu munsi, Umunyamabanga Uhoraho muri MINUBUMWE, Eric Mahoro, yafunguye ku mugaragaro icyiciro cya munani cy’amahugurwa yo gutegura abagororwa...
Read MoreMiss mu Burundi yambuwe ikamba
Sosiyete INGO s.a itegura amarushanwa ya Miss Burundi yatangaje ko Mugisha Monica Celeste atakiri Miss Popularity 2025, nyuma yo gufata icyemezo cyo...
Read MoreEU yiyemeje kubaka Igisirikare cya Mozambique aho kongera amasezerano n’u Rwanda
Umuryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi (EU) wasabye kongerera ubushobozi Igisirikare cya Mozambique (FADM) mu kurwanya iterabwoba muri Cabo...
Read MoreU Rwanda rugiye gushora miliyari 440 Frw mu gukwirakwiza amashanyarazi
Guverinoma y’u Rwanda igiye gushora miliyoni 300$ (hafi miliyari 440 Frw), mu mushinga wo gukwirakwiza amashanyarazi hirya no hino mu gihugu,...
Read MoreAbiga mu mashuri ya TVET barenze ibihumbi 80: Iterambere ry’imyuga mu mibare
Imyuga n’ubumenyingiro ni nk’uruti rw’umugongo ku bukungu bw’igihugu runaka, kuko abayirangizamo bahita babona akazi ku rugero rwo hejuru, bagakora...
Read MoreSi ngombwa ko u Bufaransa na EU bafata uruhande rwa Amerika kuri RDC – Me Gasominar
Inzobere mu bibazo bya Congo akaba n’umusesenguzi, Me Gasominari Jean Baptiste, avuga ko Amerika yagaragaje ko iri ku ruhande rwa Repubulika...
Read More