MADAGASCAR: Ingabo Zifatanyije n’Abigaragambyaga Zifashe Ubutegetsi Nyuma yo Guhirika Perezida Andry Rajoelina
Ingabo za Madagascar zatangaje ko zifashe ubutegetsi nyuma y’uko Inteko Ishinga Amategeko y’iki gihugu itoye ku wa Kabiri ishyigikira itegeko...
Read MoreIssa Tchiroma Bakary yiyimitse nka Perezida wa Cameroun mbere y’uko hatangazwa ibyavuye mu matora
Yasabye Paul Biya kumuhamagara ngo amwifurize amahirwe masa, mu gihe guverinoma yamuburiye ko ibyo ari “uguhirika ubutegetsi” Mu gihe...
Read MoreBurkina Faso yanze kwakira abimukira boherejwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ihita ihagarikirwa Visa
Leta ya gisirikare ya Burkina Faso yatangaje ko itazemera kwakira abantu birukanwe (abimukira) na Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ni icyemezo...
Read MorePaul Biya w’imyaka 92 yasimbujwe ikibumbano mu bikorwa byo kwiyamamaza
Yaoundé – Perezida Paul Biya w’imyaka 92, umaze imyaka irenga 40 ayoboye igihugu cya Cameroun, yongeye kuvugisha benshi nyuma y’uko atabashije...
Read MoreCongo n’u Rwanda bananiwe gushyira umukono ku masezerano y’ubukungu – inzitizi mu rugendo rw’amahoro
Republika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’u Rwanda ntibashoboye gushyira umukono ku masezerano y’ihuriro ry’ubukungu byari...
Read MorePasiteri yambitse impeta umupfakazi ari mu muhango wo gushyingura umugabo we
Mu gihugu cya Afurika y’Epfo haravugwa inkuru idasanzwe y’umupasiteri wagaragaje igikorwa cyatunguranye, ubwo yambikaga impeta umugore wari umaze...
Read MorePresident Ibrahim Traoré umusingi wo kongera kubyuka kwa Panafricanism
Mu gihe cy’imyaka ibiri gusa amaze ku butegetsi, Kapiteni Ibrahim Traoré, Perezida wa Burkina Faso, yamaze kuba ishusho nshya y’ivugururwa rya...
Read MoreNijeriya yinjije miliyari $3.23 mu musaruro uturuka ku byoherezwa hanze bitari ibikomoka kuri peteroli mu mezi atandatu ya mbere ya 2025
Abashinzwe ubucuruzi muri Nijeriya batangaje ko mu mezi atandatu ya mbere y’umwaka wa 2025, iki gihugu cyinjiye miliyari 3.23 z’amadolari ya Amerika...
Read MoreUmunyamerika waje mu kiruhuko muri Afurika yishwe n’imbogo ubwo yari ari kuyihiga iramuhindukirana imugira umuhigo
Asher Watkins, umumiliyoneri w’imyaka 52 ukomoka muri Leta ya Texas imwe muri leta zigize Leta Zunze Ubumwe za Amerika, wari uzwi cyane mu...
Read MoreInzara iravuza ubuhuha mu bihugu bya AFURIKA n’uburasirazuba bwo hagati
Mu gihe raporo nshya y’Umuryango w’Abibumbye igaragaza igabanuka ry’inzara ku rwego rw’isi, Afurika n’Uburasirazuba bwo hagati byo bikomeje...
Read More