Umugore yishwe arashwe nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica umwana w’imyaka 14
Abategetsi bo mu ntara ya Puntland muri Somalia, kuri uyu wa Kabiri, bishe umugore witwa Hodon Mohamud nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gukubita no...
Read MoreAfurika y’Epfo yavuye muri G20 kubera umwuka mubi mu mubano wayo na Amerika
Leta ya Afurika y’Epfo yatangaje ko igiye kwitandukanya by’agateganyo n’ibikorwa by’umuryango w’ibihugu bikize ku isi, G20, nyuma y’ubwumvikane buke...
Read MoreMinisitiri w’igihugu cya senegal Ousmane Sonko yamaganye amakimbirane ya AFCON na Maroc
Abakinnyi b’impande zombi bahanganye ku gihano kitavugwaho rumwe mu mukino wa nyuma w’igikombe cya Afurika cyahuje Senegal na Maroc i...
Read Moreurukiko rwo muri Afrika yepfo rwahanuye kugurisha ibihangano bya Nelson Mandela
Urukiko rwo muri Afurika y’Epfo rwanze icyifuzo cy’ubuyobozi bw’umurage w’igihugu cyo guhagarika kugurisha no kohereza ibicuruzwa bifitanye...
Read MoreAbantu barenga 163 bashimuswe mu masengesho yo ku cyumweru muri Leta ya Kaduna, muri Nigeria
Abantu barenga 163 bashimuswe mu masengesho yo ku cyumweru muri Leta ya Kaduna, muri Nigeria Abayobozi b’amatorero n’inzego z’umutekano muri Nigeria...
Read MorePerezida Kagame ashimangira ko Sénégal yegukanye Igikombe cya Afurika ibikwiriye
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ni umwe mu banyacyubahiro bakurikiranye imbona nkubone umukino wa nyuma w’Igikombe cya...
Read MoreUmutekano Wa IShowSpeed Wibasiwe Muri Algeria: Stream Ye Yarahagaritswe Nyuma y’Ibitero by’Abafana bamuteraga amacupa muri stadium !
IShowSpeed Abura Uburyo bwo Gusoza Tour ye muri Afurika Nyuma y’Incidente ikomeye mu Alijeriya 🇩🇿 IShowSpeed, umunyamakuru w’ibirori...
Read MoreMINISITIRI OLIVIER J.P. NDUHUNGIREHE ARI I LOMÉ MU NAMA YO KU RWEGO RWO HEJURU IGAMIJE GUSHIMANGIRA AMAHORO MURI RDC NO MU KARERE K’IBIYAGA BIGARI
Minisitiri Olivier J.P. Nduhungirehe ari i Lomé mu nama yo ku rwego rwo hejuru igamije gushimangira amahoro muri RDC no mu Karere k’Ibiyaga Bigari...
Read MoreMalawi: Perezida w’iki gihugu yategetse ko umuhanda witiriwe Paul Kagame uhindurirwa izina n’ibirango byose bigahindurwa bitarenze uyu munsi
Leta ya Malawi yemeje ko umuhanda wari uzwi ku izina rya Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ubu witwa John Chilembwe, mu rwego rwo guha...
Read MoreIShowSpeed Yatunguwe no Kugera muri Ethiopia agasanga Bakiri mu Mwaka wa 2018 – Abanyarwanda na Bo Bishimira Umusaruro wa 2026
Icyamamare IShowSpeed Yatunguwe no Kugera muri Ethiopia Akabona Bakiri mu Mwaka wa 2018 – Abanyarwanda na Bo Bishimira Umusaruro wa 2026 Kigali, 13...
Read More