Imbabura itunze benshi mu banyakigali bakora imirimo yo gutekera ku mihanda mu masaha ya nijoro
Mu gihe Leta y’u Rwanda ikomeje guhamagarira urubyiruko kwiremera akazi no gutekereza imishinga ishingiye ku bushobozi bwabo bwite, mu bice...
Read MoreGakenke: Umugore afunzwe akekwaho kwica umwana we nyuma yo gutanga amakuru ku nkoko yari yibwe
Umugore wo mu Karere ka Gakenke, Umurenge wa Coko, Akagari ka Mbirima, yafashwe afungirwa kuri Sitasiyo ya RIB ya Ruli akekwaho kwica umwana we...
Read MoreRwamagana: Umusore yiyahuye nyuma y’amagambo akomeretsa yabwiwe na papa we— Icyo urupfu rwe rutwigisha
Umusore w’imyaka 23 wo mu Murenge wa Muhazi, mu Karere ka Rwamagana, witwa Tayebwa Hally, yasanzwe yapfuye yiyahuye ku wa 24 Ugushyingo 2025....
Read MoreKigali: Umugabo yabuze ayo kwishyura indaya imufatira imyenda
Mu Murenge wa Kinyinya, Akarere ka Nyarugenge, haravugwa inkuru itangaje y’umugabo washyizwe mu mazi abira nyuma yo kuryamana n’indaya akabura...
Read MoreI rusororo hakomeje kuba indiri y’urumojyi na kanyanga kubujura bwo reka sinakubwira
GASABO: Polisi yafashe abantu babiri bacuruza urumogi n’ibindi bikresho byibwe Kuwa 25/07/2025 saa 10h00, umudugudu Gisharara, akagali...
Read MoreBurikantu nyuma yo gufungurwa avuze amagambo akomeye
Mwitende Abdoulkarim uzwi nka ‘Burikantu’ ku mbuga nkoranyambaga, wari watawe muri yombi akurikiranyweho gufungirana abakobwa bapfaga 7 000...
Read MoreNyamasheke: RIB yataye muri yombi abantu bane bakekwaho gutwikisha umunyururu abantu 2 babaziza icyaha cyaje no kugaragara ko batagikoze
Mu masaha y’umugoroba wo ku wa gatatu tariki ya 23 Nyakanga 2025, mu mudugudu wa Gisenyi, akagari ka Karengera, umurenge wa Kirimbi mu karere...
Read MoreIkigo cya Amerika gishinzwe iperereza ku mpanuka z’ibinyabiziga n’indege cyatangaje ko ibinyamakuru bikomeje gutangaza amakuru y’ibihuha ku mpanuka ya Air India 171
Ikigo cy’Amerika gishinzwe iperereza ku mpanuka z’ibinyabiziga n’indege, National Transportation Safety Board (NTSB), cyatangaje ko ibinyamakuru...
Read MoreMu buryo bw’urwenya BRD yibukije abigiye ku nguzanyo bizwi nka Buruse ko kwishyura ari itegeko
Mu gihe hari benshi mu banyeshuri barangije amashuri makuru cyangwa Kaminuza bamaze imyaka baribagiwe cyangwa nguzanyo bahawe ngo bige, Banki itsura...
Read MoreU Rwanda rwitabiriye inama ya 34 ihuza inzego zifata ibyemezo za EASF i Mogadishu
Muri iki cyumweru u Rwanda rwagaragaje ubushake bwo gukomeza guteza imbere amahoro n’umutekano mu karere, ubwo Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda...
Read More