Ubukene bw’igitoro mu Burundi bukomeje guteza ibibazo bikomeye mu buzima bwa buri munsi
Kubona igitoro mu mijyi yo mu Burundi byabaye ikibazo gikomeye ku buryo hari abagitondera imirongo iminsi ibiri cyangwa itatu ku ma station...
Read MoreBurundi: Haracyekwa ikintu gikomeye icyatumye perezida Ndayishimiye ajya ku gitutu cyo gufungura General Bunyoni
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yafashe icyemezo cyatunguye benshi cyo kurekura by’agateganyo uwahoze ari Minisitiri w’Intebe,...
Read MoreBURUNDI : Umuhanzi ubica bigacika DECO-G Yasohoye indirimbo nshya yise ubuzima
Indirimbo Ubuzima yahimbwe hagambiriwe Byinshi cyanee bitewe n’ubuzima yaramazemo iminsi mu Gihugu cya kenya , Bivanye Kandi n’ubuzima...
Read Moreugaragaje ukutanyurwa cyangwa ubajije ibibazo ajyanwa muri kasho cyangwa agahanwa; Abasirikare b’u Burundi baratabaza
Amakuru aturuka mu gace ka Baraka, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), aravuga ko bamwe mu basirikare b’u Burundi...
Read MoreUrujijo ku mipaka y’u Burundi: Haravugwa ishimutwa ry’abasirikare barindaga imbibi, umutekano w’akarere ukomeje guhungabana
Mu ijoro ryo ku wa 03 rishyira ku wa 04 Gashyantare, mu Burundi havuzwe igikorwa gikomeye cyo gushimuta abasirikare bari bashinzwe kurinda imipaka,...
Read MoreAmagambo ya perezida Ndayishimiye ku burezi aho yumvikanye yita abanyamashuri injiji akomeje guteza urunturuntu hagati y’abanyamashuri n’abanya politiki
Mu minsi ishize, amagambo avugwa ko yavuzwe na Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, avuga ko “uburezi bwo mu Burundi bushingiye ku...
Read MoreKu ikubitiro igisirikare cy’u Burundi gishobora guhura n’ingaruka zikomeye bitewe n’ihungabana ry’ubukungu bwa Loni
Umuryango w’Abibumbye (Loni) uri mu bibazo bikomeye by’imari bikomeje kubangamira inshingano zawo zo kubungabunga amahoro ku Isi. Kubera kudatangwa...
Read MoreIbigo bya Leta ya Amerika bikorera mu Burundi byafunze imiryango kubera Government Shutdown
Ku wa 2 Gashyantare 2026, Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Burundi yatangaje ko ibigo bya Leta ya Amerika bikorera ku butaka bw’u...
Read MoreUrujijo ku mirambo itatu yabonetse mu mugezi wa Rusizi
Mu Ntara ya Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi, haravugwa inkuru ikomeje guteza impungenge ku mutekano w’abaturage, nyuma y’uko imirambo...
Read MorePerezida Ndayishimiye avuga ko yatangiye kuyobora atazi neza icyo yakorera Abarundi, yiyambaza Imana ngo imuyobore
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ubwo yatorerwaga kuyobora igihugu atari afite ishusho isobanutse y’ibyo yagombaga gukorera...
Read More