AFC/M23 yatangaje ko ibabajwe n’urupfu rwa Magloire Paluku, umwe mu bayobozi bayo bakuru
Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko uri mu kababaro kadasanzwe nyuma y’urupfu rwa Magloire Paluku, wari Umujyanama ushinzwe itangazamakuru muri...
Read MoreAFC/M23 yatangaje ko yafashe Umujyi wa Uvira, isaba abaturage gusubira mu mirimo
Ihuriro AFC/M23 rivuga ko rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryemeje ko ryamaze gufata Umujyi wa Uvira,...
Read MoreLeta Zunze Ubumwe za Amerika n’ibihugu by’u Burayi yasabye AFC/M23 na RDF guhagarika imirwano muri RDC
Leta Zunze Ubumwe za Amerika hamwe na bimwe mu bihugu bikomeye by’i Burayi byashyize igitutu gikomeye ku mutwe wa AFC/M23 n’Ingabo z’u Rwanda (RDF),...
Read MoreAmasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RD Congo ntiyajya kure y’intambara y’ubukungu hagati ya Amerika n’Ubushinwa
Umusesenguzi kuri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Prof. Jason Stearns, yavuze ko amasezerano y’amahoro yasinywe na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame...
Read MoreMuri iki gitondo mu majyepfo ya Kivu habaye isibaniro hagati y’ingabo za leta FARDC n’abarwanyi ba AFC/M23
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 5 Ukuboza 2025, imirwano ikomeye yongeye kubura mu Majyepfo ya Kivu, nyuma y’uko ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira...
Read MoreAmasezerano y’amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) na Repubulika y’u Rwanda (Inyandiko yose uko yakabaye)
Amasezerano y’amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) na Repubulika y’u Rwanda ITANGIRIRO Leta ya Repubulika Iharanira...
Read MoreUmwe mu bayobozi ba Wazalendo yumvikanye anenga igisirikare cya leta FARDC ndetse n’ingabo z’Abarundi batangaza ibinyoma ko barashe M23 kandi yo ngo igiye kubambura Uvira
Umutekano mu Burasirazuba bwa Congo urarushaho kuzamba: AFC/M23 ikomeje kwiyegekaho Uvira no kwigura imipaka y’uduce dufite akamaro ka...
Read MoreKu mugoroba wo kuri uyu wa kabiri M23 iri kurwana isatira gufata Uvira
Imirwano irimo gukoresha intwaro ziremereye ikomereje mu bice bihana imbibi n’umujyi wa Uvira, nyuma y’uko umutwe wa AFC/M23 uhanganye...
Read MoreImirwano hagati ya AFC/M23 na FARDC yongeye gukara, ihitana abasivile i Kamanyola
Imirwano ikomeje gukaza umurego hagati y’ihuriro rya AFC/M23 n’ingabo za Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zifatanyije...
Read MoreTANZANIYA: Leta yahagaritse kwizihiza umunsi w’Ubwigenge, ni mu gihe perezida Samia Suluhu we yajyanywe mu rukiko rwa ICC
Leta ya Tanzaniya yatangaje ko itazizihiza Umunsi w’Ubwigenge uteganyijwe ku wa 9 Ukuboza, amafaranga yagenewe ibyo birori akaba agiye gukoreshwa mu...
Read More