Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri M23 iri kurwana isatira gufata Uvira
Imirwano irimo gukoresha intwaro ziremereye ikomereje mu bice bihana imbibi n’umujyi wa Uvira, nyuma y’uko umutwe wa AFC/M23 uhanganye...
Read MoreImirwano hagati ya AFC/M23 na FARDC yongeye gukara, ihitana abasivile i Kamanyola
Imirwano ikomeje gukaza umurego hagati y’ihuriro rya AFC/M23 n’ingabo za Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zifatanyije...
Read MoreTANZANIYA: Leta yahagaritse kwizihiza umunsi w’Ubwigenge, ni mu gihe perezida Samia Suluhu we yajyanywe mu rukiko rwa ICC
Leta ya Tanzaniya yatangaje ko itazizihiza Umunsi w’Ubwigenge uteganyijwe ku wa 9 Ukuboza, amafaranga yagenewe ibyo birori akaba agiye gukoreshwa mu...
Read MoreCongo: Umuryango wa Tshisekedi mu Manza z’Ubukungu, Ubucukuzi n’Amasoko y’Intwaro
Umuryango wa Perezida Félix Tshisekedi wongeye gushyirwa mu majwi n’imiryango itandukanye itegamiye kuri Leta, nyuma y’uko hagaragajwe icyegeranyo...
Read MoreFARDC iratabaza abahuza ngo bayikize M23 ibamereye nabi mu bitero
Ingabo za Republika iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zatangaje ko zibangamiwe bikomeye n’ihuriro AFC/M23 rikomeje “kurenga ku masezerano...
Read MoreTanzania: Perezida Samia yasabye umunota w’icyubahiro ku bazize ihohoterwa ryabereye mu mvururu zasizwe n’amatora
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yasabye Inteko Ishinga Amategeko guhaguruka igafata umunota umwe w’ituze n’icyubahiro mu rwego rwo...
Read MoreTanzania: Umuryango w’abanyamategeko wategetse ko leta ifungura internet kandi ikanakuraho ibihe bya guma mu rugo
Umuryango w’Abanyamategeko bo mu Karere k’Afurika y’Iburasirazuba (East Africa Law Society – EALS) wasabye Leta ya Tanzaniya guhagarika ako...
Read MoreAmajyaruguru n’Amajyepfo ya Kivu mu gihirahiro: Ibihano by’Amahanga byananiwe guhagarika intambara
Ibihano ntibyahagaritse imirwano mu burasirazuba bwa RDC N’ubwo ibihugu by’iburengerazuba byafatiye ibihano umutwe wa AFC/M23 ndetse n’u...
Read MoreCongo n’u Rwanda bananiwe gushyira umukono ku masezerano y’ubukungu – inzitizi mu rugendo rw’amahoro
Republika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’u Rwanda ntibashoboye gushyira umukono ku masezerano y’ihuriro ry’ubukungu byari...
Read More