Mu buzima bwa muntu, nta kintu gitera umutima gususuruka nk’ijambo ryiza ryavuzwe n’umukunzi: Dore amagambo 10 wabwira umukunzi wawe umunsi we ukihutishwa n’ibyishimo by’umutima
Mu buzima bwa muntu, nta kintu gitera umutima gususuruka nk’ijambo ryiza ryavuzwe n’umukunzi kandi ku gihe. Hari iminsi imwe...
Read More“Mu Mva Haratuje”: Uko Baryama mu Mva mu Gihugu cya Thailand bagashira Stress
Bangkok, Thailand – Mu gihe isi yose ishakisha uburyo bwo guhangana n’umunaniro ukabije n’agahinda gakabije (depression), hari igisubizo gitangaje...
Read MoreIkegeranyo k’igitabo Sapiens: A brief history of human kind cya Yuval Noah Harari
Sapiens ni igitabo cyanditswe n’umuhanga mu mateka w’Umuyisirayeli witwa Yuval Noah Harari. Cyasohotse bwa mbere mu mwaka wa 2011, kigamije gusubiza...
Read MoreAmabanga 3 utapfa kumenya ku mukobwa mukundana
Mu rukundo, nubwo bigaragara ko ari abagabo akenshi badashaka kuvugisha ukuri, hari n’amabanga abagore n’abakobwa bahagararaho, batapfa gusangiza...
Read MoreIsi iri ku muvuduko udasanzwe: ubushakashatsi bwemeje ko uyu munsi ushobora kuba mugufi cyane
Uyu munsi tariki ya 9 Nyakanga 2025 ushobora kuba umunsi mugufi kurusha indi yose mu mateka yanditswe, nk’uko abashakashatsi babitangaza. Abahanga mu...
Read MoreMILIYONI 12 KU MUNSI KU BIRYO BY ’ABAGORORWA: Ubwoba bwo kuvura ingaruka aho kuvura indwara
Buri munsi, u Rwanda rukoresha miliyoni 12 z’amafaranga mu kugaburira abagororwa. Mu mwaka, ayo mafaranga abarirwa muri miliyari 40. Nta kabuza, ni...
Read MoreMANDELA: INTWARI YACURUJWE
Inkuru ya Corneille Ntaco Mu gihe cyose twumva amateka, hari igihe twibagirwa ko ukuri kw’amateka gushingira ku wayavuze. Ibyo tubwirwa si ko byose...
Read MorePI NETWORK: Inzozi zishobora kuba ari Scam nini cyane y’ikinyejana cya 21
PI Network ni umushinga w’ifaranga rya digitale (cryptocurrency) wagiye utangazwa nka “cryptocurrency ishobora gucukurirwa kuri telefoni”...
Read More