Senegal yambuwe igikombe cya Africa cyandikwa kuri Morocco bikozwe na CAF
Impinduka ikomeye kandi itunguranye yabaye mu mupira w’amaguru muri Afurika: igikombe cya CAN 2025 cyahawe Maroc nyuma y’aho Sénégal itewe mpaga ku...
Read MoreFERWAFA yahaye akazi Haruna Niyonzima mu mushinga wa FIFA TDS ujyanye no guteza imbere impano z’abato
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryahaye akazi Umunyabigwi Haruna Niyonzima nk’umwe mu batoza bashinzwe gukurikirana no...
Read MoreRayon Sports yasinyanye amasezerano akomeye na Airtel Rwanda azinjiza amafaranga n’ibikoresho birimo na bus
Ikipe ya Rayonsport yatangaje ku mugaragaro ko yamaze gusinyana amasezerano y’ubufatanye na sosiyete y’itumanaho AirTel Rwanda, agamije guteza...
Read MoreFERWAFA yatangaje Stephen Constantine nk’umutoza mushya w’ikipe y’igihugu Amavubi, wanayitoje seaso ya 2014
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko umwongereza Stephen Constantine yongeye kugirwa umutoza mukuru w’Ikipe...
Read MoreBushali na “Onze Boule”: Igitekerezo cy’umupira w’amaguru cyazimiye bucece
Ku wa 29 Nyakanga 2022, muri studio za Radio 10, mu kiganiro cya siporo cyitwa Urukiko rw’imikino, umuhanzi Hagenimana Jean Paul uzwi...
Read MoreRayonsport yashyizeho uburyo bwo kuba umunyamuryango uzwi, n’uburyo bwo kuyiguramo imigabane binyuze mu ishoramari
Ubuyobozi bwa Komite y’inzibacyuho ya Rayonsport bwaganiriye n’abanyamakuru butangaza ko bwongerewe igihe cyo gukomeza kuyobora umuryango wa...
Read MoreStade Amahoro yafunzwe by’agateganyo
Stade Amahoro yafunzwe by’agateganyo mu rwego rwo kuyitegura kwakira irushanwa mpuzamahanga rya FIFA Series 2026 ritegurwa na FIFA. Ibi...
Read MoreTour du Rwanda 2026: Impinduka n’ibishya bitegerejwe mu isiganwa riri kuba ku nshuro ya 18
Kuva ku Cyumweru tariki ya 22 Gashyantare kugeza ku ya 1 Werurwe 2026, mu bice bitandukanye by’u Rwanda hari kuba irushanwa mpuzamahanga ry’amagare,...
Read MoreAbantu Babiri Bitabye Imana mu mpanuka Yabereye muri Tour du Rwanda 2026 i Gabiro
Abantu babiri bitabye Imana, abandi batandatu barakomereka nyuma y’impanuka yabereye mu gace ka Gabiro kuri iki Cyumweru, tariki ya 22 Gashyantare...
Read MoreYves Kimenyi yasezeye ku mupira w’amaguru, atangaza umushinga “BEYOND90” ugamije gufasha abakinnyi gutekereza ubuzima nyuma y’umupira
Umunyezamu w’Umunyarwanda Yves Kimenyi yatangaje ku mugaragaro ko asezeye ku gukina umupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga ku myaka 33, asoje...
Read More