Stade Amahoro yafunzwe by’agateganyo
Stade Amahoro yafunzwe by’agateganyo mu rwego rwo kuyitegura kwakira irushanwa mpuzamahanga rya FIFA Series 2026 ritegurwa na FIFA. Ibi...
Read MoreTour du Rwanda 2026: Impinduka n’ibishya bitegerejwe mu isiganwa riri kuba ku nshuro ya 18
Kuva ku Cyumweru tariki ya 22 Gashyantare kugeza ku ya 1 Werurwe 2026, mu bice bitandukanye by’u Rwanda hari kuba irushanwa mpuzamahanga ry’amagare,...
Read MoreAbantu Babiri Bitabye Imana mu mpanuka Yabereye muri Tour du Rwanda 2026 i Gabiro
Abantu babiri bitabye Imana, abandi batandatu barakomereka nyuma y’impanuka yabereye mu gace ka Gabiro kuri iki Cyumweru, tariki ya 22 Gashyantare...
Read MoreYves Kimenyi yasezeye ku mupira w’amaguru, atangaza umushinga “BEYOND90” ugamije gufasha abakinnyi gutekereza ubuzima nyuma y’umupira
Umunyezamu w’Umunyarwanda Yves Kimenyi yatangaje ku mugaragaro ko asezeye ku gukina umupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga ku myaka 33, asoje...
Read MoreRMC yihanangirije SKFM na Isibo TV & Radio kubera imyitwarire idakurikije amahame y’itangazamakuru mu biganiro bya siporo
Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura (Rwanda Media Commission – RMC) rwandikiye SK FM 93.9 na Isibo TV & Radio rubihanangiriza kubera imyitwarire...
Read MoreTaleb Abderrahim gutsindwa kwa APR FC yabyegetse ku bwoko bw’umupira bakinnye
Umutoza mukuru wa APR FC, Taleb Abderrahim, yatangaje ko imwe mu mpamvu zatumye ikipe ye itsindwa na Al Hilal SC ibitego 2-0, ari uko abakinnyi be...
Read MoreAkagozi ka APR kaba kacitse? Al Hilal SC itsinze APR FC, yisubiza umwanya wa mbere wa Shampiyona
Ikipe ya Al Hilal SC yo muri Sudani yatsinze APR FC ibitego 2-0 mu mukino w’ikirarane w’Umunsi wa 15 wa Shampiyona y’u Rwanda, yongera kwisubiza...
Read MoreKera kabaye Rayonsport ibonye inota 1 ibintu byari byarabaye nk’inzozi
Rayon Sports inganyije na Al Merrikh SC ibitego 2-2 mu mukino wagaragaje intege nke mu gice cya kabiri Ikipe ya Rayon Sports yanganyije na Al Merrikh...
Read MoreIhirwe Régine arasaba FERWAFA ubutabera avuga ko ari kirenganywa na APR WFC
Umukinnyi w’umupira w’amaguru w’ikipe y’abagore ya Rayon Sports WFC, Ihirwe Régine, yandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA)...
Read MoreRayon Sports: Akabaye icwende karoze karacya none kanze gushira umunuko. Ikipe y’amateka yahindutse igikomere ku bafana bayo
Rayon Sports ni izina rifite uburemere mu mupira w’amaguru w’u Rwanda. Ni ikipe yubakiye ku mateka, ku bafana benshi, no ku cyizere cy’uko...
Read More