Général Mamadi Doumbouya ahabwa amahirwe menshi yo gutsinda amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Guinea
Abaturage barenga miliyoni esheshatu bagejeje igihe cyo gutora biteganyijwe ko bazitabira amatora y’Umukuru w’Igihugu ya Guinea ateganyijwe ku...
Read MoreLeta Zunze Ubumwe za Amerika n’ibihugu by’u Burayi yasabye AFC/M23 na RDF guhagarika imirwano muri RDC
Leta Zunze Ubumwe za Amerika hamwe na bimwe mu bihugu bikomeye by’i Burayi byashyize igitutu gikomeye ku mutwe wa AFC/M23 n’Ingabo z’u Rwanda (RDF),...
Read MoreAmasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RD Congo ntiyajya kure y’intambara y’ubukungu hagati ya Amerika n’Ubushinwa
Umusesenguzi kuri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Prof. Jason Stearns, yavuze ko amasezerano y’amahoro yasinywe na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame...
Read MoreAmasezerano y’amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) na Repubulika y’u Rwanda (Inyandiko yose uko yakabaye)
Amasezerano y’amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) na Repubulika y’u Rwanda ITANGIRIRO Leta ya Repubulika Iharanira...
Read MoreWashington mu maboko ya babiri: Ukuntu perezida Kagame na mugenzi we Tchiseked bari gusobanura Amerika icyerekezo cy’ubutabera n’ubutegetsi bw’akarere
Igihe Perezida Félix Antoine Tshisekedi na Perezida Paul Kagame bahuriye mu mujyi umwe ariko ku migambi inyuranye, cyahise kiba ishusho y’uko Leta...
Read MoreTANZANIYA: Leta yahagaritse kwizihiza umunsi w’Ubwigenge, ni mu gihe perezida Samia Suluhu we yajyanywe mu rukiko rwa ICC
Leta ya Tanzaniya yatangaje ko itazizihiza Umunsi w’Ubwigenge uteganyijwe ku wa 9 Ukuboza, amafaranga yagenewe ibyo birori akaba agiye gukoreshwa mu...
Read MoreU Burusiya Bwiyamye Ibihano by’Uburengerazuba, Bushinja Banki y’Isi Guhungabanya Ubukungu bw’Isi mu Nama ya G20
Mu itangizwa ry’Inama y’Abakuru b’Ibihugu n’Abayobozi bakuru (G20) yabereye muri Afurika y’Epfo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 22 Ugushyingo 2025,...
Read MoreMacron yikomye M23 n’imicungire y’ikibuga k’indege cya Goma, asaba ko gifungurwa “ vuba”
I Johannesburg muri Afurika y’Epfo ahari kubera inama y’abakuru b’ibihugu n’ibihugu bikize ku Isi (G20) yatangiye kuri uyu wa Gatandatu washize,...
Read MoreMinisitiri Olivier Nduhungirehe asubiza Patrick Muyaya ku ifungurwa ry’ikibuga cya Goma: Impaka hagati ya diplomasi n’ubutabazi bwa kimuntu
Mu gihe umwuka wa politiki n’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuba mubi, ijambo rimwe ryo ku mbuga...
Read MoreUSA yahuye na Perezida Kagame na Tshisekedi mu biganiro bigamije amahoro arambye n’iterambere mu karere
Umujyanama mukuru wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe iby’umugabane wa Afurika yatangaje ko yagiranye ibiganiro byimbitse na Perezida w’u...
Read More