U Rwanda ruvuga ko rushora arenga inshuro 10 z’inkunga y’u Burayi mu butumwa bwa Cabo Delgado
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko amafaranga igihugu gishyira mu bikorwa byo kugarura umutekano mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique arenga...
Read MoreU Rwanda rwamaganye ibihano bya Amerika, ruvuga ko bibogamye kandi bigoreka ukuri
Ku wa 2 Werurwe 2026, Ibiro by’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda byasohoye itangazo rigaragaza ko u Rwanda rwamagana ibihano byafatiwe Ingabo z’u...
Read MoreLeta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano Ingabo z’u Rwanda n’abasirikare bakuru bane, zishinja kurenga ku masezerano ya Washington
Ku wa 2 Werurwe 2026, Minisiteri y’Imari ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ibinyujije mu biro bishinzwe kugenzura umutungo w’abashyirirwaho ibihano...
Read MoreU Rwanda ruvuga ko u Burundi budakwiye kuba mu buhuza bwa AU ku ntambara yo mu Burasirazuba bwa RDC
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Burundi budakwiye kugira uruhare mu buhuza...
Read MorePerezida Kagame yanenze umuco wo kuganira nta bikorwa, asaba abayobozi guhindura imico n’imikorere aho kwitwaza amateka
Mu ijambo rye risoza umunsi wa kabiri ari na wo wa nyuma w’Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yabaye ku nshuro ya 20, Perezida Paul Kagame yanenze...
Read MoreUmushyikirano wa 20: Imiyoborere, umutekano w’akarere n’uruhare rw’u Rwanda ku ruhando mpuzamahanga byongeye kugarukwaho
Umushyikirano w’Igihugu uri kuba ku nshuro ya 20 wakomeje, aho umunsi wa mbere waranzwe n’ijambo rya Perezida wa Repubulika Paul Kagame, ryibanze ku...
Read MorePerezida Kagame yasabye Abanyarwanda gukomeza umuco wo kubazwa no guhanirwa ibyaha, anenga amacakubiri ashingiye ku nkomoko
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yatangaje ko nubwo hari ibikorwa bibi bimwe na bimwe bishobora kudahita bimenyekana, Abanyarwanda...
Read MoreUmushyikirano: Perezida Kagame yasobanuye impamvu yigeze gusubiza ko atazi nimba ingabo z’u Rwanda ziri muri Congo anashimangira ubukungu u Rwanda rwari kuba rwaragezeho iyo ruza kuba rufiteyo ingabo
Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yongeye guterana ku nshuro ya 20, nyuma y’iyaherukaga mu 2024, yari yafatiwemo imyanzuro 13 igamije guteza...
Read MoreAmerika yatangiye kwiga ku bihano ishaka gufatira u Rwanda kubera umutekano mucye mu burasirazuba bwa Congo
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangiye ibiganiro byimbitse bigamije gusuzuma uburyo u Rwanda rwafatirwa ibihano, nyuma y’uko amasezerano y’amahoro...
Read MoreU Rwanda rwasobanuye impamvu rurega u Bwongereza kurwishyura miliyoni 50£ nyuma yo guhagarika amasezerano y’abimukira
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje impamvu ituma u Bwongereza bugomba kurwishyura amafaranga angana na miliyoni 50 z’Amapawundi, nyuma y’uko iki gihugu...
Read More