Kuva mu cyaro bajya mu mujyi: Ese Kigali iracyafite ubushobozi bwo kwakira buri wese?
Mu myaka ishize, umujyi wa Kigali n’indi mijyi y’u Rwanda byabaye nk’icyizere ku bantu benshi baturuka mu byaro; icyizere cy’akazi, ubuzima bwiza...
Read MoreAbanyarwanda benshi bari kubaho bishingikirije ku madeni: igisubizo cy’igihe gito gihinduka umutwaro w’igihe kirekire
Mu gihe ubukungu bw’u Rwanda bukomeza kugaragaza izamuka mu mibare rusange, hari ikindi kintu kirengagizwa kandi na cyo gikomeza kugaragara mu buzima...
Read MoreEquity Bank iri mu iperereza rikomeye ryo gufata abakekwaho kuyiba Miliyari zisaga 85Rwf
Abashinzwe iperereza bafashe abantu benshi mu rubanza rw’ubujura bw’amafaranga agera kuri Rwf85 miliyari muri Equity Bank Rwanda, nyuma y’uko...
Read MoreBarize, barategereje… igihugu kirabirengagiza? Uko ubushomeri bw’urubyiruko rw’u Rwanda bukomeje kuba igikomere gihora kibyimba
Igihugu gito gifite inzozi nini n’urubyiruko rwinshi rutagira akazi: Ese “demographic dividend” y’u Rwanda iri guhinduka umutwaro? Mu nyandiko...
Read MoreNyuma y’igihombo cya Miliyali zisaga 5 MTN Rwanda yatangaje ko yungutse Miliyari zisaga 10 Rwf
Nyuma y’igihe cyari cyaranzwe n’ibihombo, sosiyete y’itumanaho ya MTN Rwanda yongeye kugaruka ku murongo w’inyungu mu bucuruzi bwayo, itangaza...
Read MoreU Rwanda rwerekeje ku ikoreshwa ry’Ifaranga Koranabuhanga (e-FRW) rizoroshya ubucuruzi n’ishoramari
U Rwanda ruri mu rugendo rwo gutangira gukoresha ifaranga koranabuhanga rya Banki Nkuru (e-FRW), rishobora guhindura imikorere y’ubukungu...
Read MoreLeta y’u Rwanda yihanangirije abantu batanga amafaranga ashobora gufasha iterabwoba
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe gukurikirana no gusesengura amakuru ku mafaranga akekwaho ibyaha (FIC) cyasohoye itangazo riburira abantu bose n’ibigo...
Read MoreUbusesenguzi: Isi yose igiye kwishyura igiciro cy’intambara Amerika yagabye kuri Iran
Mu minsi igera ku icumi gusa ishize, isi yinjiye mu bihe bishya by’umutekano muke nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel bagabye ibitero...
Read MoreBank nkuru y’u Rwanda yazamuye inyungu fatizo igera kuri 7,25% mu guhangana n’izamuka ry’ibiciro
Komite ishinzwe Politiki y’Ifaranga (MPC) ya Banki Nkuru y’u Rwanda yafashe umwanzuro wo kuzamura igipimo cy’inyungu fatizo (Central Bank Rate – CBR)...
Read MoreLoni Iri Mu Marembera: Kubura Amafaranga Bishobora Guhagarika Ibikorwa Byayo By’Ingenzi
Umuryango w’Abibumbye (Loni) uri mu bihe bikomeye by’ubukungu, aho ubukene bukomeje kuwusatira ku buryo bushobora gushyira mu kaga ibikorwa byawo byo...
Read More