Urugendo ruzageza u Rwanda kuri megawatt 1500 z’amashanyarazi y’ingufu za nucléaire
U Rwanda rugeze kure urugendo rwo gushaka uburyo rwakwifashisha ingufu za nucléaire mu bikorwa bitandukanye bigamije iterambere, aho nko ku...
Read MoreHamwe na Nikeleyeri, U Rwanda ruzajya rwitunganyiriza amabuye y’agaciro
Mu myaka myinshi, ibihugu bya Afurika byoherezaga ibikoresho fatizo (nk’amabuye y’agaciro) mu mahanga, inyungu nyinshi zikajya mu bindi bihugu...
Read MoreU Rwanda rugiye gushora miliyari 440 Frw mu gukwirakwiza amashanyarazi
Guverinoma y’u Rwanda igiye gushora miliyoni 300$ (hafi miliyari 440 Frw), mu mushinga wo gukwirakwiza amashanyarazi hirya no hino mu gihugu,...
Read MoreTrinity Metals yavuze ku bucukuzi bwa lithium mu Rwanda n’ikusanywa rya miliyoni 200$ mu ishoramari
Ikigo Triniry Metals gikomeye mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro, cyatangaje ko kigiye kujya ku isoko ry’Imari n’Imigabane rya New York, hagamijwe...
Read MorePerezida Kagame yagaragaje umusaruro wo gushora imari mu buhanzi
Perezida Kagame yitabiriye inama ya ‘Global Citizen NOW Summit’ agaragaza ko gahunda ya Move Afrika ari imwe mu zizafasha uyu mugabane kugera ku...
Read MoreInzego zirimo ubuhinzi zitejwe imbere zafasha Afurika guhanga imirimo
Umuyobozi w’Ikigega cy’Imari cya Banki y’Isi gifasha abikorera (International Finance Corporation), Makhtar Diop, yavuze ko inzego zirimo ubuhinzi...
Read MoreAbadepite banenga ko ibicuruzwa by’Abanyarwanda bibikwa muri Uganda kandi mu Rwanda hari ububiko budakoreshwa
Abadepite bagize Komisiyo y’Ingengo y’Imari n’Umutungo bya Leta mu Nteko Ishinga Amategeko banenze kuba ibicuruzwa by’abacuruzi b’Abanyarwanda...
Read MoreAbagore bo muri Mauritius bagiye kuza mu Rwanda kureba amahirwe y’ishoramari ahari
Ba rwiyemezamirimo b’abagore bo mu birwa bya Mauritius bagiye kuza mu Rwanda, mu ruzinduko rw’iminsi itatu rugamije gushaka amahirwe mashya...
Read MoreIngengo y’Imari y’u Rwanda igiye kuzamukaho miliyari 844,2 Frw
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ingengo y’imari y’umwaka wa 2026/2027 izagera kuri miliyari 7.796,3 Frw, ikaziyongeraho miliyari 844,2 Frw...
Read MoreKwimukira mu nkengero z’umujyi: igisubizo cyangwa ikibazo gishya ku banyarwanda bahunga ubuzima buhenze?
Mu myaka ishize, kwimukira mu nkengero z’umujyi wa Kigali byafatwaga nk’igisubizo ku baturage bashaka kugabanya ibiciro by’ubuzima. Ubukode...
Read More