Abize ni bo bica Ikinyarwanda kurusha abandi – Dr Bizimana
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE), Dr Bizimana Jean D’Amascène, yagaragaje ko ikibazo cyo kwangirika...
Read MoreGititsi TSS abarezi ba biri batawe muri yombi
Ruhango: Animatrice na Animateur ba Gitisi TSS batawe muri yombi nyuma yo gukubita abanyeshuri barembeye mu bitaro Kuri uyu wa 19 Ugushyingo...
Read MoreBitewe no kwizigama umwana yishyuriye mugenzi we wari wabuze ubushobozi bwo kwishyura ishuri
Kigali urubyiruko rurasabwa guhindura imyumvire no gutangira kuzigama bakiri bato, aho gutegereza kugera igihe batangiye kubona umushahara. Ni...
Read MoreCLADHO yasabye ko imikwabu yo gukura abana mu muhanda ihagarara nyuma y’urupfu rw’umwana waguye muri Ruhurura
Impuzamiryango iharanira uburenganzira bwa muntu mu Rwanda (CLADHO) yatangaje ko itishimiye uburyo bwo gukura abana mu muhanda hifashishijwe...
Read MoreUbwenge buhangano bugiye gufasha mu gukemura ikibazo cy’ubucucike mu mashuri — Minisitiri Nsengimana
Minisitiri w’Uburezi, Dr. Joseph Nsengimana, yatangaje ko Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence, AI) bugiye kuba igikoresho gikomeye mu gukemura...
Read MoreMinisiteri y’Uburezi yibukije amashuri kubahiriza amabwiriza agenga umusanzu w’ababyeyi, nyuma y’uko hagaragaye amafaranga y’inyongera atemewe
Nyuma y’uko hasohotse amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’ayisumbuye, ababyeyi benshi...
Read MoreUR yakiriye ubusabe ibihumbi 16 basaba kwinjira muri Kaminuza, ariko hazakirwa 8,000 gusa
Kaminuza y’u Rwanda (UR) yatangaje ko mu mwaka w’amashuri wa 2025–2026 izakira abanyeshuri bashya 8,000 mu mwaka wa mbere w’amashuri y’icyiciro cya...
Read MoreMu buryo bw’urwenya BRD yibukije abigiye ku nguzanyo bizwi nka Buruse ko kwishyura ari itegeko
Mu gihe hari benshi mu banyeshuri barangije amashuri makuru cyangwa Kaminuza bamaze imyaka baribagiwe cyangwa nguzanyo bahawe ngo bige, Banki itsura...
Read More