Abageze mu Zabukuru Bagenda Biyongera ku Isi, Hagamijwe Gushyira Imbaraga mu Buzima Buzira umuze
Ku nshuro ya mbere mu mateka y’isi, abantu benshi bafite amahirwe yo kugera no kurenza imyaka 60 y’amavuko. Abahanga bavuga ko kuba umuntu abayeho...
Read MoreGukoresha umunwa igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina (Oral sex) bikundwa cyane n’urubyiruko bigira ingaruka zirimo na kanseri
Oral sex, mu Kinyarwanda cyumvikana, ni igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina gikorerwa ku myanya ndangagitsina hifashishijwe ururimi, umunwa,...
Read MoreImibare igaragaza ko mu Rwanda urubyiruko ruri munsi y’imyaka 24 rwandura SIDA ku kigero cya 35% mu mwaka
Kigali – Mu Rwanda, abantu bafite munsi y’imyaka 24 bagize 35% by’abandura virusi itera SIDA (VIH) buri mwaka, nk’uko bigaragazwa n’imibare ya...
Read MoreUbuhamya bukomeye bwa Musabinema Laurence umaze imyaka isaga 15 mu bitaro bya gatonde
Mu bitaro bya Gatonde biherereye mu Karere ka Gakenke, habarizwa umukobwa ufite inkuru ibabaje ivuga byinshi ku buzima bugoranye abantu bamwe bacamo...
Read MoreGukora imibonano mpuzabitsina kenshi bigabanya ibyago byo kwandura kanseri ya prostate. Byinshi utari uzi kuri iyi ndwara
Mu rugendo rw’iterambere ry’ubuvuzi, indwara ya prostate ni imwe mu zikunze kuganirwaho cyane n’abahanga n’abashakashatsi ku isi hose. Nta...
Read MoreMu burasirazuba bwa RDC, Kolera ikomeje guhitana benshi: imibare y’abamaze guhitanwa n’icyo cyorezo igeze ku 757
Mu gihe ibibazo by’umutekano muke bikomeje gusenya ubuzima bwa buri munsi mu bice bitandukanye bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, ubu...
Read MoreBidasubirwaho havumbuwe urukingo rwa virusi itera SIDA rukoreshwa rimwe mu mezi 6 nk’uko byatangajwe na OMS
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS/WHO) ryatangaje igisubizo gishya mu kurwanya virusi itera SIDA (HIV): Lenacapavir (LEN),...
Read More