Icyorezo gishya kitwa HantaVirus kimaze guhitana abantu batatu mu bwato bwa ba mukerarugendo
Abantu batatu bamaze gupfa mu gihe abandi batatu banduye indwara bikekwa ko ari hantavirus, icyorezo kidasanzwe ariko gishobora kwica vuba, cyadutse...
Read MoreAmavuriro ya Leta yongeye kwibutswa ko ubuzima bw’umurwayi ari bwo bwa mbere kurusha ibijyanye n’ubwishingizi
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yongeye gushimangira ko amavuriro yose ya Leta, kuva ku rwego rw’ibanze kugera ku bitaro bikuru, agomba...
Read MoreImibare iteye impungenge: Abana 340 basambanyijwe mu mezi atatu mu Burasirazuba
Mu gihe u Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu kurengera uburenganzira bw’umwana, imibare mishya itangazwa n’Ubushinjacyaha irerekana ishusho iteye...
Read MoreIbinyobwa byongera imbaraga n’inzoga z’‘ibyuma’: Icyorezo gicecetse kiri kwibasira urubyiruko rw’u Rwanda
Mu Rwanda rw’uyu munsi, ibinyobwa byongera imbaraga (energy drinks) n’inzoga zikomeye zizwi ku izina ry’“ibyuma” byamaze kuba ibisanzwe mu mibereho...
Read MoreStress y’ubuzima bwo gushaka imibereho mu rubyiruko rwize: Impamvu abize benshi batabona amahoro nyuma y’ishuri
Mu myaka yashize, kwiga byafatwaga nk’urufunguzo rw’ubuzima bwiza n’akazi keza. Umunyeshuri yarangizaga amashuri akinjira mu kazi, akubaka ubuzima...
Read MoreUburwayi bwo mu mutwe mu rubyiruko rw’u Rwanda: Icyorezo gicecetse gishobora gusenya ejo hazaza
Mu gihe u Rwanda rukomeje kwiyubaka rushingiye ku rubyiruko nk’imbaraga zarwo z’ingenzi, kandi rukaba rukomeje kugaragaza isura y’igihugu gifite...
Read MoreMITUWELI 2026/2027: Umusanzu wiyongereye, make aba 4,000 Frw naho menshi agera ku 20,000 Frw ku muntu
Nyuma y’uko hasohotse Iteka rya Minisitiri w’Intebe No 001/03 ryo ku wa 16 Gashyantare 2026 rishyiraho ingano n’uburyo bwo gutanga umusanzu...
Read MoreUrujijo ku mafaranga ya Mituweli: Sisiteme igaragaza Frw 20,000 kuri burimuntu, avuye ku Frw 3000
Bamwe mu baturage bakomeje kugaragaza urujijo no kutanyurwa n’ibiri kugaragara muri sisiteme ya Imibereho igihe bagerageza kwishyura ubwisungane mu...
Read MoreRBC yatangaje ko uyu mwaka wa 2026 mu Rwanda haratangira gukoreshwa Lenacapavir umuti urinda kwandura SIDA
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda ifite gahunda yo gutangira gutanga umuti wa Lenacapavir Yeztugo urinda...
Read More“Gari ya moshi yibasiwe n’igikuta cy’ubwubatsi: Urupfu n’icuraburindi muri Thailand”
IMPANUKA MURI THAILAND: IKIRANZE GIKUNZE GUKORESHWA MU KUBAKA IMIHANDA CYAGUYE KU GARI YA MOSHI, KIZIYE ABANTU Nakhon Ratchasima, Thailand —...
Read More