Menelik II: Umwami watsinze Ubutaliyani akerekana ko Afurika itari “iyo kwigabirwa”
Mu mpera z’ikinyejana cya 19, mu gihe ibihugu by’i Burayi byari mu irushanwa rikomeye ryo kwigarurira Afurika rizwi nka Scramble for Africa, Ethiopia...
Read MoreMisiri na EU byemeranya ko byihutirwa icyiciro cya kabiri cyo guhagarika imirwano
Misiri na EU byemeranya ko byihutirwa icyiciro cya kabiri cyo guhagarika imirwano Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Misiri, Badr Abdelatty hamwe...
Read MoreGUINEA: Col Mamadi Doumbouya yatanze kandidatire ye ku mwanya wa Perezida, Ahonyora Isezerano Yari Yarahaye Abaturage
Umugaba w’Ingabo wayoboye ihirikwa ry’ubutegetsi muri Guinea mu 2021, Col Mamadi Doumbouya, yamaze gutangaza ko aziyamamaza ku mwanya wa...
Read MoreAbanyarwanda barenga 9.000 muri Congo-Brazzaville bihakanye ubwenegihugu bw’u Rwanda, basaba kuba Abanyekongo
Mu nkambi ya Kintélé, mu nkengero z’umurwa mukuru wa Brazzaville muri Repubulika ya Congo, haravugwa amajwi menshi y’ihungabana n’uburakari....
Read MorePerezida Paul Biya w’imyaka 92 yongeye gutorerwa kuyobora Cameroun ku nshuro ya munani
Perezida wa Cameroun, Paul Biya, ufite imyaka 92, yongeye gutsindira kuyobora iki gihugu, nk’uko byatangajwe kuri uyu wa mbere n’Urukiko rushinzwe...
Read MoreMadagascar yashyizeho itegeko ryo gukona abasambanya abana , ariko ntivugwaho rumwe
Mu mwaka wa 2024, igihugu cya Madagascar cyabaye icya mbere muri Afurika cyemeje itegeko rihanisha gukonwa cyangwa guhabwa imiti ibuza ubushake bwo...
Read MoreCameroun: Issa Tchiroma yongeye guhamya ko yatsinze amatora ku majwi 55%– ibinyuranye na byo amajwi azaba yibwe
Issa Tchiroma Bakary, wahoze ari umuvugizi wa Leta ya Cameroun, none akaba atavuga rumwe na yo, yatangaje ko ari we watsinze amatora yabaye ku...
Read MoreIssa Tchiroma Bakary yiyimitse nka Perezida wa Cameroun mbere y’uko hatangazwa ibyavuye mu matora
Yasabye Paul Biya kumuhamagara ngo amwifurize amahirwe masa, mu gihe guverinoma yamuburiye ko ibyo ari “uguhirika ubutegetsi” Mu gihe...
Read More