Perezida Kagame yanenze umuco wo kuganira nta bikorwa, asaba abayobozi guhindura imico n’imikorere aho kwitwaza amateka
Mu ijambo rye risoza umunsi wa kabiri ari na wo wa nyuma w’Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yabaye ku nshuro ya 20, Perezida Paul Kagame yanenze...
Read MoreBruce Melodie atumye Perezida Kagame yinjira mu kibazo cya monetization y’imbuga nkoranyambaga
Mu nama y’igihugu y’Umushyikirano iri kuba ku nshuro ya 20, umuhanzi Bruce Melodie yagaragaje ikibazo gikomeye gihangayikishije urubyiruko n’abakora...
Read MoreUmushyikirano wa 20: Imiyoborere, umutekano w’akarere n’uruhare rw’u Rwanda ku ruhando mpuzamahanga byongeye kugarukwaho
Umushyikirano w’Igihugu uri kuba ku nshuro ya 20 wakomeje, aho umunsi wa mbere waranzwe n’ijambo rya Perezida wa Repubulika Paul Kagame, ryibanze ku...
Read MoreAmasezerano ya RDC na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku bucukuzi bw’amabuye y’agaciro yajemo kidobya ikomeye
Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje guhura n’ibibazo bikomeye by’umutekano, ubukungu n’imiyoborere, amasezerano iherutse...
Read MorePerezida Kagame yasabye Abanyarwanda gukomeza umuco wo kubazwa no guhanirwa ibyaha, anenga amacakubiri ashingiye ku nkomoko
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yatangaje ko nubwo hari ibikorwa bibi bimwe na bimwe bishobora kudahita bimenyekana, Abanyarwanda...
Read MoreUmushyikirano: Perezida Kagame yasobanuye impamvu yigeze gusubiza ko atazi nimba ingabo z’u Rwanda ziri muri Congo anashimangira ubukungu u Rwanda rwari kuba rwaragezeho iyo ruza kuba rufiteyo ingabo
Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yongeye guterana ku nshuro ya 20, nyuma y’iyaherukaga mu 2024, yari yafatiwemo imyanzuro 13 igamije guteza...
Read MoreAbasirikare 3 bo mu mutwe udasanzwe wa FRDC batojwe n’abacancuro ba black Water bishwe hakekwa M23 n’ikoranabuhanga ryayo
Mu gihe umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuzamba, amakuru aturuka mu duce twa Minembwe n’ahandi...
Read MoreUrujijo ku mipaka y’u Burundi: Haravugwa ishimutwa ry’abasirikare barindaga imbibi, umutekano w’akarere ukomeje guhungabana
Mu ijoro ryo ku wa 03 rishyira ku wa 04 Gashyantare, mu Burundi havuzwe igikorwa gikomeye cyo gushimuta abasirikare bari bashinzwe kurinda imipaka,...
Read MoreAmagambo ya perezida Ndayishimiye ku burezi aho yumvikanye yita abanyamashuri injiji akomeje guteza urunturuntu hagati y’abanyamashuri n’abanya politiki
Mu minsi ishize, amagambo avugwa ko yavuzwe na Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, avuga ko “uburezi bwo mu Burundi bushingiye ku...
Read MoreUko urubanza rwagenze:DJ Toxxyk yajuriye asaba gufungurwa by’agateganyo, Ubushinjacyaha bumushinja kugonga yanyoye inzoga no guhunga ubutabera
Kuri uyu wa 4 Gashyantare 2026, DJ Toxxyk uzwi ku izina rya Shema Arnaud yitabye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ajurira ku cyemezo cy’Urukiko...
Read More