Inzego zirimo ubuhinzi zitejwe imbere zafasha Afurika guhanga imirimo
Umuyobozi w’Ikigega cy’Imari cya Banki y’Isi gifasha abikorera (International Finance Corporation), Makhtar Diop, yavuze ko inzego zirimo ubuhinzi...
Read MoreBeijing iri kwegera Washington mu bukungu? Isura nyayo y’urugamba rw’ibihangange bibiri
Mu gihe isi ihangayikishijwe n’intambara, ikoranabuhanga n’ubutasi, hari indi ntambara ikomeje kubera inyuma y’amarembo ariko ishobora kuzagena ejo...
Read MoreAmabanga y’urugendo rwa Koreya ya Ruguru ku ntwaro kirimbuzi: Uko Pyongyang yanyuze mu bihano ikagera ku gisasu gihangayikishije isi
Mu gihe ibihugu bikomeye by’isi byari bihanganye mu Ntambara y’Ubutita, igihugu cya Koreya ya Ruguru cyatangiye bucece gahunda yatumye nyuma y’imyaka...
Read MoreImbuga Nkoranyambaga ni inzira nziza yo kubona ibyo unengwa, kwakira inama ugirwa – Perezida Kagame
Perezida Kagame yavuze ko imbuga nkoranyambaga nta kintu ajya azibonaho ngo kimutungure cyane, ahubwo ko azibona nk’uburyo bwiza buha buri wese...
Read MoreMinembwe: Haravugwa ibitero bikaze mu bice bituwe cyane nka Gakenke na Rugezi
Ihuriro ry’ingabo zirwanira ubutegetsi bwa Kinshasa riravugwaho kugaba ibitero bitandukanye byateguriwe hamwe mu bice bituwe cyane muri Kivu...
Read MoreBurundi: Ambasaderi yagwatiriye impapuro z’indege ya Perezida
Ikibazo cy’indege ya Perezida w’u Burundi imaze imyaka igera ku 10 iparitse i Madrid muri Espagne gikomeje gufata indi ntera, nyuma y’uko...
Read MoreAbafite ubushobozi bwo kutugirira nabi ntibazabaho igihe kirekire: Perezida Kagame akomoza ku bihano bya Amerika
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rutazacika intege kubera ibihano n’igitutu mpuzamahanga, ashimangira ko abafite ubushobozi bwo kugirira...
Read MorePolisi yafunze batandatu bakekwaho kubeshya ko bafasha abantu kujya kwiga muri CanadaA
Polisi y’u Rwanda (RNP) yatangaje ko ku bufatanye n’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), yataye muri yombi abantu batandatu bakekwaho gushuka urubyiruko...
Read MoreAbadepite batabarije Muhanga yugarijwe n’ikibazo cy’amazi macye
Abadepite basabye Minisiteri y’Ibikorwa Remezo n’ibigo biyishamikiyeho ko bakwiye kwita ku kibazo cy’amazi make ari mu Karere ka Muhanga. Ni ikibazo...
Read MoreUmunyamakurukazi Glory Iribagiza yandikiye Perezida Kagame asaba kurenganurwa
Umunyamakurukazi Glory Iribagiza yandikiye Perezida Paul Kagame ibaruwa ifunguye, ndetse ayinyuza ku mbuga nkoranyambaga, amusaba ko yamufasha kubona...
Read More