Amerika na Israel mu gitutu: Irani yavuze ko ishobora kwegera igisasu kirimbuzi
Mu gihe ubushyamirane hagati ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bukomeje gufata indi ntera, umudepite Ebrahim Rezaei yatangaje ko igihugu cye...
Read MoreKivu y’Amajyepfo: AFC/M23 irashinja leta gukomeza kwica abasivili amahanga arebera
Itotezwa ry’abasivili muri Sange no mu bice byegeranye rikorwa n’Ihuriro ry’ingabo zirwanira ubutegetsi bwa Kinshasa rirakomeje mu gihe Umuryango...
Read MoreNgororero: Umuganga watwikishije amazi ashyushye umukozi we wo mu rugo yatawe muri yombi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rwataye muri yombi umugore wo mu murenge wa Gatumba w’akarere ka Ngororero usanzwe akora...
Read MoreU Rwanda mu bihugu 10 bya mbere byo munsi y’Ubutayu bwa Sahara bitumiza intwaro nyinshi
Raporo y’Ikigo Mpuzamahanga gikora ubushakashatsi ku mahoro cya Stockholm International Peace Research Institute igaragaza ko n’ubwo iyinjizwa...
Read MoreUganda: Ndayishimiye yatakagije Museveni biratinda mu irahira rye
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 12 Gicurasi 2026, Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye yashimye impinduka zakozwe mu bukungu bwa Uganda ndetse...
Read MoreNta muyobozi w’igihugu uko cyaba ari igihangange kose uzacungura umugabane wacu- Perezida Kagame
Perezida Paul Kagame yagaragaje ko nta gihugu cyangwa umuyobozi wundi wo ku Isi ushobora gufasha Umugabane wa Afurika kurenga ibibazo ufite,...
Read MoreAbadepite banenga ko ibicuruzwa by’Abanyarwanda bibikwa muri Uganda kandi mu Rwanda hari ububiko budakoreshwa
Abadepite bagize Komisiyo y’Ingengo y’Imari n’Umutungo bya Leta mu Nteko Ishinga Amategeko banenze kuba ibicuruzwa by’abacuruzi b’Abanyarwanda...
Read MorePerezida Tshisekedi yitabiriye ibirori bagiye kumwakira basanga yagiye
Abayobozi batandukanye bitabye Karame mu butumire bwa Perezida Yoweli Kaguta Museveni, warahiriye kuyobora Uganda mu myaka itanu iri imbere....
Read MorePerezida wa Guinea Conakry, Mamadi Doumbouya yageze mu Rwanda
Perezida wa Guinea Conakry, Mamadi Doumbouya, ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri yageze mu Rwanda aho aje kwitabira inama ya Africa CEO Forum...
Read MoreBuri wese ashatse gushyira u Rwanda mu kato nk’uko Amerika yabikoze, ntacyo twageraho – Emmanuel Macron
Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yanenze umurongo Leta Zunze Ubumwe za Amerika yafashe wo gufatira u Rwanda ibihano kubera ibirego bishingiye ku...
Read More