Perezida wa Sudani y’Epfo yahaye inshingano inshuti ye ya kera atungurwa no kumva ko yapfuye: ikosa ryateje umutingito muri Perezidansi
Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir Mayardit, yisanze mu bihe bidasanzwe byo kwamburwa icyizere nyuma y’aho hagaragaye ko umwe mu bantu...
Read MorePolitiki ya RDC ikomeje kurangwa n’igitutu: Abatavuga rumwe n’ubutegetsi barafungwa, icyizere mu biganiro kigahungabana
Mu bihe bya vuba, politiki yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kugaragaramo ihungabana rikomeye ry’imikorere y’inzego za Leta,...
Read MoreIcyo wamenya kuri Saïf al-Islam Kadhafi Umuhungu wa Gaddafi yishwe n’igitero cy’abagizi ba nabi bamusanze iwe
Saïf al-Islam Kadhafi, umuhungu wa Mouammar Kadhafi wahoze ayobora Libiya, yishwe ku wa 3 Gashyantare 2026, afite imyaka 53. Urupfu rwe rwemejwe...
Read MoreINGORORANO Y’UBWISHONGOZI Season01 Episode 06
Duheruka ubwo ANDREW yari akimara kumenya uko byagendekeye JESSICA, yabimenye ari JOJO byose ubimubwiye ubwo bari bari muri etude ya...
Read MoreUmugore yishwe arashwe nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica umwana w’imyaka 14
Abategetsi bo mu ntara ya Puntland muri Somalia, kuri uyu wa Kabiri, bishe umugore witwa Hodon Mohamud nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gukubita no...
Read MoreUmusirikare wari uvuye mu butumwa bw’amahoro yishe uwari umutoza w’umugore we mu bya Gym nyuma yo kumusigaranira umugore
Abaturage b’akarere ka Umoja mu mujyi wa Nairobi bari mu gahinda kadasanzwe nyuma y’urupfu rwa Alphy Migasa, umutoza w’imyitozo ngororamubiri (gym)...
Read MoreU Burusiya bwatamaje u Bufaransa ku mugambi wo guhirika ubutegetsi muri Afurika, u Rwanda rukomeza uruhare rwarwo mu mutekano wa Centrafrique
Urwego rw’ubutasi bw’u Burusiya rushinzwe gukurikirana ibikorwa by’amahanga (SVR) rwatangaje ko rufite amakuru yizewe agaragaza ko Leta y’u...
Read MoreKu ikubitiro igisirikare cy’u Burundi gishobora guhura n’ingaruka zikomeye bitewe n’ihungabana ry’ubukungu bwa Loni
Umuryango w’Abibumbye (Loni) uri mu bibazo bikomeye by’imari bikomeje kubangamira inshingano zawo zo kubungabunga amahoro ku Isi. Kubera kudatangwa...
Read MoreLoni Iri Mu Marembera: Kubura Amafaranga Bishobora Guhagarika Ibikorwa Byayo By’Ingenzi
Umuryango w’Abibumbye (Loni) uri mu bihe bikomeye by’ubukungu, aho ubukene bukomeje kuwusatira ku buryo bushobora gushyira mu kaga ibikorwa byawo byo...
Read MoreIbigo bya Leta ya Amerika bikorera mu Burundi byafunze imiryango kubera Government Shutdown
Ku wa 2 Gashyantare 2026, Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Burundi yatangaje ko ibigo bya Leta ya Amerika bikorera ku butaka bw’u...
Read More