Starlink mu Rwanda: Internet ya Satellites igiye guhindura umukino cyangwa kongera icyuho?
Mu gihe isi iri ku muvuduko wihuse wo guhindura uburyo abantu bahererekanya amakuru, ikoranabuhanga rya internet rishingiye kuri satellite rikomeje...
Read MoreEse politiki zo kugabanya ingaruka z’izamuka rya peteroli zirahagije?
Mu gihe ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bikomeje kuzamuka ku masoko mpuzamahanga, ibihugu byinshi byashyizeho ingamba zigamije kugabanya ingaruka...
Read MoreRDB yafunze by’agateganyo inyubako yayo, serivisi zimurirwa ahandi
Urwego Rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) rwatangaje ko inyubako yarwo izafungwa by’agateganyo guhera ku wa 5 Gicurasi 2026, mu rwego rwo gukora...
Read MoreUbuzima bushingiye ku nguzanyo: Ese izamuka ry’ibikomoka kuri peteroli riri gusunikira Abanyarwanda mu madeni?
Mu mujyi wa Kigali, ubuzima bwa buri munsi bwatangiye guhindura isura mu buryo butagaragara ako kanya ariko bufite ingaruka zikomeye. Ku bakozi...
Read MoreKirehe: Umuturage yashumbushijwe inka 25 nyuma yo gupfusha inka 15 n’intama 18 zikubiswe n’inkuba
Mu gihe ibiza bikomeje kwibasira uduce dutandukanye tw’u Rwanda, mu Karere ka Kirehe hagaragaye urugero rw’ubufatanye bw’abaturage n’ubuyobozi, aho...
Read MoreU Rwanda na Tanzania bikomeje gukaza ubufatanye: 70% by’ibicuruzwa byinjira mu Rwanda binyura i Dar es Salaam
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagiriye uruzinduko rw’umunsi umwe rw’akazi muri Tanzania aho yakiriwe na mugenzi we, Perezida Samia...
Read MorePerezida wa Kenya yongeye imishahara y’abakozi bose mu gihugu mu rwego rwo guhangana n’izamuka ry’ibiciro
Perezida wa Kenya, Dr. William Samoei Ruto, yatangaje ko umushahara w’abakozi ba Leta wiyongeyeho 12%, mu gihe uw’abakora mu rwego rw’ubuhinzi...
Read MoreAbagore basambanyijwe ku gahato mu muhango gakondo muri Nigeria: ukuri n’impaka zikomeje kwiyongera
Mu gace ka Ozoro, muri Leta ya Delta muri Nigeria, havuzwe inkuru ikomeye ikomeje guteza impaka n’uburakari ku mbuga nkoranyambaga no mu...
Read MoreIdini nk’ikiyobyabwenge cy’abantu: Kuki Afurika ukomeza gusenga ariko ikaguma mu bibazo bimwe?
Hari amagambo amwe n’amwe aba ameze nk’umuriro iyo uyavuze cyangwa uyakoresha mu buzima bwawe busanzwe bamwe bagufata nk’umwanzi...
Read More“Abarokotse Jenoside ntibarokowe n’Imana, barokowe n’Inkotanyi” — Dr. Bizimana: Amagambo yateje impaka mu gihe u Rwanda rwitegura icyunamo
Mu gihe u Rwanda rwitegura gutangira icyumweru cy’icyunamo ku wa 7 Mata 2026, hibukwa Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 32, amagambo ya...
Read More