Abagororwa bashyiriweho uburyo bwo kohererezwa amafaranga hatabayeho kuyabashyira
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS) rwatangaje ko rwamuritse uburyo bushya bw’ikoranabuhanga bugamije koroshya uko Abanyarwanda n’imiryango...
Read MoreFERWAFA yahaye akazi Haruna Niyonzima mu mushinga wa FIFA TDS ujyanye no guteza imbere impano z’abato
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryahaye akazi Umunyabigwi Haruna Niyonzima nk’umwe mu batoza bashinzwe gukurikirana no...
Read MoreRDC: Uwari uyoboye Inama y’Inararibonye za Wazalendo yambuwe inshingano azira amagambo ku rugamba rwa Goma
Ubuyobozi bw’Ihuriro ry’Igihugu ry’Abakorerabushake mu Kurinda Igihugu (Wazalendo) muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bwafashe...
Read MoreNta gushidikanya u Rwanda ruzavana ingabo zarwo muri Mozambique– Amb. Olivier Nduhungirehe asubiza Reuters yavugaga ko u Rwanda rushobora gukura ingabo zarwo muri Mozambique
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ishobora gukura ingabo zayo mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, aho zifasha mu guhangana n’imitwe...
Read MoreEquity Bank iri mu iperereza rikomeye ryo gufata abakekwaho kuyiba Miliyari zisaga 85Rwf
Abashinzwe iperereza bafashe abantu benshi mu rubanza rw’ubujura bw’amafaranga agera kuri Rwf85 miliyari muri Equity Bank Rwanda, nyuma y’uko...
Read MoreBarize, barategereje… igihugu kirabirengagiza? Uko ubushomeri bw’urubyiruko rw’u Rwanda bukomeje kuba igikomere gihora kibyimba
Igihugu gito gifite inzozi nini n’urubyiruko rwinshi rutagira akazi: Ese “demographic dividend” y’u Rwanda iri guhinduka umutwaro? Mu nyandiko...
Read MoreRayon Sports yasinyanye amasezerano akomeye na Airtel Rwanda azinjiza amafaranga n’ibikoresho birimo na bus
Ikipe ya Rayonsport yatangaje ku mugaragaro ko yamaze gusinyana amasezerano y’ubufatanye na sosiyete y’itumanaho AirTel Rwanda, agamije guteza...
Read MoreNyuma y’igihombo cya Miliyali zisaga 5 MTN Rwanda yatangaje ko yungutse Miliyari zisaga 10 Rwf
Nyuma y’igihe cyari cyaranzwe n’ibihombo, sosiyete y’itumanaho ya MTN Rwanda yongeye kugaruka ku murongo w’inyungu mu bucuruzi bwayo, itangaza...
Read MoreIcyemezo cy’u Rwanda cyo kwivana mu Muryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika yo Hagati cyazamuye umwuka mubi wa Diplomacy
Umubano wa dipolomasi hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ukomeje kujya mu kangaratete, nyuma y’icyemezo...
Read MoreU Rwanda ruvuga ko rushora arenga inshuro 10 z’inkunga y’u Burayi mu butumwa bwa Cabo Delgado
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko amafaranga igihugu gishyira mu bikorwa byo kugarura umutekano mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique arenga...
Read More