Gisagara: Abaturage bo muri Gikonko baherutse gusenyerwa n’umuyaga babayeho bate?
Tariki 21 Gicurasi 2026 habaye ibiza by’imvura ivanze n’umuyaga ukomeye byibasiye Akarere ka Gisagara mu Murenge wa Gikonko mu Kagari ka Kiri mu...
Read MoreAbadepite bagiye gukora ingendo rusange zigamije gusura ibikorwa byo kongera umusaruro w’ubuhinzi
Umutwe w’Abadepite wateguwe ingendo rusange z’Abadepite mu turere twose tw’igihugu zigamije kubona amakuru yo kugenzura ibikorwa birebana no kongera...
Read MoreAbacuruza amatike y’indege mu Rwanda bari mu marira
Niba utekereza ko ingaruka z’intambara yo muri Iran zagarukiye kuri bisi z’i Nyabugogo, Musanze, Huye na Rubavu n’ibindi bice gusa, ntabwo ari uko...
Read MoreMasisi: AFC/M23 yigaranzuye FARDC na Wazalendo, yisubiza uduce turenga 10
Ingabo z’umutwe wa AFC/M23, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 26 Gicurasi zigaranzuye ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Repubulika...
Read MoreAmerika yemereye TotalEnergies na ExxonMobil gukomeza gukorana na RDF
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zahaye ibigo bya TotalEnergies na ExxonMobil uburenganzira bwihariye bwo gukomeza gukorana n’ingabo z’u Rwanda zikorera...
Read MoreNta mpinduka ziri mu buryo imishahara y’abakozi ba Leta igenwa – MIFOTRA
Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA) yatangaje ko mu Itegeko n° 017/2026 ryo ku wa 23/04/2026 rihindura Itegeko n° 017/2020 ryo ku wa...
Read MoreTanzaniya yazanye Serivise z’Icyambu cya Dar es Salam i Kigali
Ku wa 25 Nyakanga 2025, Tanzania n’u Rwanda byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye agamije gushyiraho no gutangiza ibikorwa by’ibiro by’Ikigo...
Read MoreKu bijyanye na Ebola, Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere cyavuze ngo ’Mu Rwanda ni amahoro’
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB) cyabwiye Abanyarwanda bose n’abafatanyabikorwa b’u Rwanda ko imirimo yose mu gihugu ikomeje nk’ibisanzwe...
Read MoreU Rwanda rwashyizeho izamurwa rusange ry’Imishahara ku Bayobozi bo mu nzego za Leta
Ku mpapuro, kuzamurwa mu nshingano byasaga n’aho ari ibintu bikomeye. Umuyobozi w’ishami muri serivisi za Leta mu Rwanda yashoboraga kuyobora...
Read MoreIkigo Mpuzamahanga gisesengura inguzanyo cyasanze kuguriza u Rwanda ari ukwiteganyiriza
Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) yatangaje ko ikigo mpuzamahanga gishinzwe gusesengura ubushobozi bw’ibihugu mu kwishyura imyenda,...
Read More